SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Teacher Mpamire mu ishusho ya Perezida Museveni yasekeje abanyarwanda ataha batabyifuza mu gitaramo cya Gen Z Comedy (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Teacher Mpamire mu ishusho ya Perezida Museveni yasekeje abanyarwanda ataha batabyifuza mu gitaramo cya Gen Z Comedy (Amafoto)
Imyidagaduro

Teacher Mpamire mu ishusho ya Perezida Museveni yasekeje abanyarwanda ataha batabyifuza mu gitaramo cya Gen Z Comedy (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: July 26, 2024
Share
SHARE

Umugoroba  wiswe  uwiseka rusange  muri gitaramo cya Gen  Z Comedy umaze kwigarurira  imitima ya Benshi ariko  uwo kuri uyu wa 25 Nyakanga 2024 wari amateka aho abakuzni b’Urwenya  batashye  batabishaka  nyuma yo gusetswa n’Abanyarwenya  Dr Hillary  Okelloa  na  Teacher Mpamire  ndets en’abandi   Bri Ambasaderi w’abakonsomateri na benshi mu bazamukiye muri ibi bitaramo bya Gen-Z Comedy.

Iki gitaramo cyari cyanatumiwemo Massamba Intore wagombaga kuganiriza urubyiruko rwagikoraniyemo cyatangiye  ahagan akw’isaha ya saa Moya aho Ihema  ryari ryakubise  ryuzuye  kubera benshi bari bafite amatsiko yo kwirebera abo banyarwenya bakunzwe cyane mu karere .

Uko abanyarwenya bagendaga basimburana niko ibintu byagenda bihindura isura  kugeza ubwo abakunzi b’Urwenya bamwe  babuze aho bicara bakareba bahagaze kugeza  bisoje .

Umunyarwenya  Dr Hillary Okello  umaze kwigarura abanyarwanda imitima kabone  ko Atari ubwa mbere  ataramiye  muri Gen Z comedy yishimiwe  cyane  abantu bamuha amashyi karahava .

Ubwo  ibiroro byari bigeze  hagati  Massamba Intore  wari watumiwe  mu gice bise  Meet Me Tonight yageze kur urbyiniro maze asangiza abaraho amateka ye  mu rugedo rwe rwa muzika maze ababwira byinshi cyane  kugeza no ku Rukundo yigeze kugira n’umurundikazi bakundanye  mbere gato y’uko asanga abanda ku rugamba  rwo  kubohora u Rwanda .

Yagize ati ” Ati “Nigeze kugira umukunzi, yari umurundikazi, njya kumusezera mubwira ko nsanze abari ku rugamba. Byaramubabaje. Ntiyabishakaga. Ariko mubwira ko nzagaruka. Nasubiyeyo nsanga wa mukobwa amaze kugira abana bane. Mu myaka ine namaze tutari kumwe, hari byinshi muzamenyera mu gitaramo nimuhagera.”

Nyuma ya  Massamba Umunyarwenya wo  mu gihugu cya  Uganda  Teacher Mpamire ufite  umwihariko  mu gutera urwenya  Atanga amasomo  atandukanye yo mu buzima  , uyu mugabo  yasekeje benshi baratembaga ariko byahuhutse ubwo yazaga  mu ishusho ya Perezida Uganda Kaguta Museveni ndetse anafite  n’Umurinzi

Mu minota yamze ku rubyiniro yigana uwo muyobozi haba mu ngendo no mu mvuge benshi  mubari bitabiriye iki gitaramo cyasojwe ubona bagifite  inyota yo gukoemza kwisekera .

Fally Merci nyuma y’igitaramo   yatangaje  ko ari ibintu bishimishije uburyo abantu bakomeje kugaragaza urukundo bakunda ibitaramo byo gusetsa bya ‘Gen-Z Comedy’ ahamya koi bi aribyo bibatera imbaraga zo gukora cyane.

Ati “Biba ari ibintu bishimishije, buri wese ntekereza ko yakwishimira gutegura igitaramo nk’iki ngiki kikitabirwa kuri uru rwego. Ibi nibyo bidutera imbaraga zo gukora cyane ngo tutazabatenguha.”

Ku rundi ruhande Fally Merci yavuze ko mu by’ukuri ubwitabire bw’iki gitaramo bwamushimishije, asaba abantu kujya bagura amatike kare mu rwego rwo kwirinda umuvundo ku muryango ndetse anabasaba kujya bahagerera igihe kuko uwatinze hari igihe ahura n’ikibazo cyo kubura aho yicara.

Ubusanzwe iki gitaramo kibera mu ihema ryakira abantu babarirwa hagati ya 1500-2000 icyakora mu ijoro ryakeye hari hakubise huzuye ku buryo kubona aho umuntu atera agatebe byari ingorane zikomeye.

Ibitaramo bya Gen-Z Comedy biba kabiri mu kwezi, buri wa kane hirengejwe uwo igiherutse kiba cyarabereyeho.

 

Nyuma y’igihe kirekire Bahati Makaca atifuza ko umugore we amenyekana amafoto ye yageze hanze
Jennifer Lopez yajyanywe mu rukiko kubera amafoto ye
Ibyamamare 10 bukirikirwa cyane muri Nigeria (Amafoto)
Abavuga ko nkora mpomba nabamenyesha ko inzozi zanjye zabaye impamo :Bad Rama
Davido yakoze igitaramo cy’amateka kitabirwa n’abarenga ibihumbi 50
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Lil Ladybug Slot Online Australia

February 25, 2025
Imyidagaduro

PDG Brenda Thandi yegukanye igihembo cy’umushoramari wahize abandI mu bihembo bya GIFA D’OR

November 11, 2024

Best Apple Pay Casino

May 28, 2024

Boo Casino Bonus Codes 2025

February 25, 2025

7slots Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Electronic Pokies With A High Chance Of Winning

September 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?