SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bebe Cool yahishuye ko ashora menshi kuri Ssalli nk’ubucuruzi atari uko ari umuhugu we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Bebe Cool yahishuye ko ashora menshi kuri Ssalli nk’ubucuruzi atari uko ari umuhugu we
ImikinoImyidagaduro

Bebe Cool yahishuye ko ashora menshi kuri Ssalli nk’ubucuruzi atari uko ari umuhugu we

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/07/18 at 2:55 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

 

Umuhanzi  Moses Ssalli uzwi nka Bebe  Cool  hano muri afurika y’Iburasirazuba azwiho kuba umwe mu bahanzi  bafite agatubutse kuko amze imyaka itari munsi ya 17 akora umuziki mu gihugu  cye cya Uganda , Uyu  mugabo  yahishuye  ko ashora amafaranga menshi  k’umuhugu  we  Alpha  Ssalli  .

Uyu mugabo  yatangaje ko  yiteze  inyungu nyinshi  mu buhanga bw’umupira  w’amaguru  umuhungu we afite  ,yasobanuye  ko kugeza ubu  akomeje gushora  Amafaranga menshi kuri  Alpha  Ssalli  kuko abona  ari umusngi  mwiza  w’ubucuruzi Atari ukbera ko ari umuhungu

Bebe cool usanzw ayobora Gagamel  yavuze ko  yamaze  kubwira umuhungu we  kudasesagura  igishoro  cye  akab ariyo mpamvu amusaba gukora cyane  kugira azagire  imbere heza mu  minsi iri imbere  .

Ubwo yari  mu kiganiro  kuri televiziyo imwe  mu gihugu cya Uganda  Bebe  Cool  yagize ati Ndimo gushora imari muri Alpha Ssali nk’ubucuruzi, ntabwo aruko  ari numuhungu wanjye.  Icyiza nuko aranyumva, kandi namusabye kudapfusha ubusa igishoro cyanjye.  Nzi neza ko, yiyemeje  neza ko  azajya gukina umupira k’umugane  w’uburayi.  Ndashaka inyungu ziva mu mafaranga nkomeje kumushyiramo

Alpha  Ssalli ni umwe  mu bana  batandatu uyu  muhanzi afite  harimo  batanu yabyaranye na  Zuena  na Mukuru wabo witwa  Hendrik   yabyaranye n’umugore we wa mbere batigeze babana .

Ubu uyu mwana  wa Bebe  Cool Alpa Ssalli akinira ikipe ya  Express Fc yo muri Uganda  mu cyiciro cya Mbere

 

 

 

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul July 18, 2024 July 18, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Ibidasanzwe kuri Camilla Cabello uherutse gusura Ingagi mu birunga .

January 5, 2023
Imyidagaduro

New Mix Uyobora Visual Light yambitse impeta umukunzi we Anabella

March 3, 2023
Imyidagaduro

Burna Boy yesheje agahigo ko kumvwa n’abarenga milliyari kuri Audiomack

June 23, 2023
Imyidagaduro

Ibirori bya Kigali Boss Babes byitabiriwe n’ibyamamare bikomeye mu Rwanda (Amafoto)

December 30, 2023
Andi makuru

Rwema Pascal yasabiwe gufungwa iminsi 30 muri Gereza

September 3, 2024
Imyidagaduro

Kevin Kade yahembuye abakunzi be i Dubai ava ku rubyiniro batabyifuza

November 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?