SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida wa Madagascar yishimiye intsinzi ya Kagame
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida wa Madagascar yishimiye intsinzi ya Kagame
Andi makuru

Perezida wa Madagascar yishimiye intsinzi ya Kagame

Ahupa Radio
Ahupa Radio
Published: July 17, 2024
Share
SHARE

Perezida wa Madgascar, Andry Rajoelina yishimiye intsinzi ya Kagame Paul wari umukandida uhagarariye Umuryango FPR Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.

Abinyujije kuri X, Perezida Andry Rajoelina yanditse ati “Mu izina ry’abaturage ba Madagascar, ndashimira cyane umuvandimwe wanjye Paul Kagame ku kongera gutorwa ku majwi 99.15%, nk’uko byatangajwe nk’ibyavuye mu matora by’agateganyo. Turifuriza u Rwanda amahoro n’iterambere”.

U Rwanda na Madagascar bisanzwe bifitanye umubano mwiza, aho mu 2023 ibi bihugu byombi byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ubucuruzi n’ishoramari hagati y’inzego z’abikorera hagamijwe koroherezanya ku mpande zombi.

Perezida Andry Rajoelina aheruka guhura na Perezida Kagame muri Kanama 2023 ubwo yari ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda. Icyo gihe Perezida Andry Rajoelina yashimye uburyo Perezida Kagame yizerera mu kugira Afurika yishoboye, iteye imbere kandi ishobora kwikemurira ibibazo byaba iby’ubushomeri, umutekano n’ibindi.

Yavuze kandi ko icyo cyerekezo cya Perezida Kagame bagihuriyeho kandi ko igihugu cye cyiteguye gufatanya n’u Rwanda kugira ngo iterambere ry’ibihugu byombi na Afurika muri rusange rigerweho.

RDF igiye gushinga Kaminuza ya Gisirikare (National Defense University)
Umuhanzi Yvan Drive yashyize hanze indirimbo ebyiri zivuga ibigwi Perezida Kagame mu rwego rwo kumwamamaza .
#Kwibuka31: Kuwa 6 Mata 1994 indege yari itwaye Perezida yararashwe biba imbarutso ya Jenoside yakorewe Abatutsi
Polisi yafashe moto 50 abazitwaye bagendera mu nkengero z’umuhanda
Abanyarwanda babiri basoje amasomo y’igisirikare mu Bwongereza
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Australia Casino Regulation

September 5, 2023

No Deposit Promo Ie And Card Games 2023

June 8, 2019

Piggs Peak Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

96br Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

Australia Gambling Industry

February 25, 2025
Andi makuru

Umugambi wo kwivugana Joseph Kabila wapfubiye I Addis Ababa

February 18, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?