SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame ari mu Bufaransa mu nama yiga ku gukora inkingo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Perezida Kagame ari mu Bufaransa mu nama yiga ku gukora inkingo
Utuntu n'utundi

Perezida Kagame ari mu Bufaransa mu nama yiga ku gukora inkingo

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/06/20 at 11:15 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida Kagame yageze i Quai d’Orsay mu Mujyi wa Paris, aho yitabiriye inama yiga ku gukora inkingo ihuza u Bufaransa na Afurika Yunze Ubumwe.

Ni inama yateguwe n’Ihuriro Mpuzamahanga rigamije guteza imbere ibijyanye n’Inkingo ku Isi, Gavi Alliance.

Biteganyijwe ko Umukuru w’Igihugu ageza ijambo ku bitabiriye iyi nama .

Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, ivuga ko uretse Perezida Kagame, iyi nama kandi yitabirwa n’abayobozi b’ibihugu bya Botswana, Ghana, Senegal.

Komuisiyo y’Ubumwe bw’Uburayi, Canada, Ubufaransa, Ubutaliyani, Ubuyapani, Korea Y’Epfo,na Amerika bitanze arenga miliyari y’Amadolari kugira ngo iyi gahunda y’ikorwa ry’inkingo igerweho.

Iyi nama  iribanda kuri gahunda y’imyaka itanu yo guteza imbere ibijyanye n’inkingo hashaka ubushobozi .

Biteganyijwe ko Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, na Perezida wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, bazageza ijambo ku bitabiriye iyi nama, aho bagaruka ku ibura ry’inkingo rikomeje kugaragara ku umugabane wa Afurika by’umwihariko Sudani no mu karere k’Ibiyaga bigari.

Ni mu gihe Chanseriye (Chancellor ) w’Ubudage, Olaf Scholz ageza ijambo ku bitabiriye binyuze ku ikoranabuhanga.

 

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Nsanzabera Jean Paul June 20, 2024 June 20, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Innoss’B yanze kuvuga nabi u Rwanda akebura abarugize urwitwazo ku bibazo bya RDC

May 23, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yakebuye abishyuza amazu mu madorali

January 10, 2025
Andi makuru

Lt Col Willy Ngoma wa M23 yijeje abanyamulenge ko ntawuzabakoraho

February 21, 2025
Imyidagaduro

Riderman ,Bull Dogg na bandi baraperi basaga 10 bashimangiye ko Hip Hop ikiyoboye mu muziki nyarwanda

November 17, 2024
Imyidagaduro

Ykee Benda yakiriye agakiza ahagarika kuririmbira mu tubari

March 8, 2025
Ubuzima

The Dr Alfred Paul Jahn Foundation has provided food and hygiene supplies to 170 families (Photos)

October 6, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?