SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Jacob Zuma yahishuye ko yafunzwe azira uruhu
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Jacob Zuma yahishuye ko yafunzwe azira uruhu
Utuntu n'utundi

Jacob Zuma yahishuye ko yafunzwe azira uruhu

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/11 at 1:53 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Jacob Zuma, wahoze ari Perezida w’Afurika y’Epfo yagaragaye mu rusengero ku Cyumweru asengana n’abakristu bagaragaje ko bamushyigikiye avuga ko yafunzwe kubera ibara  ry’uruhu rwe.

Ubwo yari mu rusengero rwa Shekinnah Ministries Church ruherereye mu mujyi wa Phillipi yagaragaye agaragiwe n’abakristo benshi bamwereka ko bamuri inyuma.

Zuma ubwo yari ku ruhimbi abyina muri aya materaniro yavuze ko mu gihe cy’ikandamizwa yafungiwe ku kirwa cya Robben, yongeraho ko no mu gihe cya demokarasi nabwo yafunzwe amezi icumi, yumvikanisha ko iyo aza kuba umuzungu  nta wari kumukoraho.

Zuma w’imyaka 81 yabaye Perezida w’Afurika y’Epfo kuva muri 2009 kugeza muri 2018, nyuma aza guhatirwa kuva ku butegetsi kubera ibyaha bya ruswa yari akurikirwanyweho, ndetse aranafungwa.

Mu mpera z’umwaka ushize Jacob Zuma yatangaje ko atakiri mu ishyaka riri ku butegetsi rya ANC ahubwo ashyigikiye ishyaka rishya rya Umkhonto we Sizwe.

 

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Nsanzabera Jean Paul March 11, 2024 March 11, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Ibyishimo ni byose ku bamotari nyuma yo kugabanyirizwa amande bacibwaga

April 30, 2025
Andi makuru

Benjamin Netanyahu ntiyemeranya na Emmanuel Macron nyuma yo gusaba ibihugu kudafasha Israel

October 7, 2024
Imikino

Abakinaga umukino w’amahirwe muri Premier Bet bararira ayo kwarika nyuma y’ifungwa ryayo mu Rwanda

July 8, 2024
Imyidagaduro

Oldies Music Festival’ yaranzwe n’udushya Fuadi ahemberwa kwambara neza (Amafoto)

July 28, 2024
Imyidagaduro

Manager Muyoboke Alex yasabye abahanzi kuvuga ukuri kubyo bazi kuri Jenoside

April 11, 2023
Imyidagaduro

Bwiza yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’u Rwanda muri MozambiqueCol. (Rtd) Donat Ndamage.

November 27, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?