SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Amb Alliah Cool yegukanye igihembo mu irushanwa rya Great Achiever Awards muri Nigeria
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Amb Alliah Cool yegukanye igihembo mu irushanwa rya Great Achiever Awards muri Nigeria
Andi makuruImyidagaduro

Amb Alliah Cool yegukanye igihembo mu irushanwa rya Great Achiever Awards muri Nigeria

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: November 27, 2023
Share
SHARE

Umukinnyi  wa filime, Amb Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool ari mu byishimo nyuma kwegukana igihembo cya Great Achiever Awards bitangirwa muri Nigeria bihabwa abagize uruhare mu iterambere ry’ikiremwamuntu na sosiyete muri rusange.

Ni igihembo yahawe mu ijoro rya tariki 26 Ugushyingo 2023, nyuma y’amasaha make yari amaze kunyuza ubutumwa ku rubuga rwa Instagram avuga ko ubu ari gusubiramo neza ijambo aribuvuge ngo atagira abo asebya

Uyu  mukobwa uri  mu bakunzwe cyane  ku mbuga  nkoranyambaga nyuma yo gushyiraho  ubwo butumwa benshi  mu bamukurikira  bamweretse ko inama yigiriye ariyo kandi ari byiza  kutiheb aigihe cyose .

Alliah Cool na  bagenzi be  babana mu itsnda  rya  Kigali Boss  Babies  bamaze iminsi mu gihugu cya Nigeria  aho bagiye mu gikorwa cyo kumurika   Filime igaruka ku buzima bwabo bwa buri munsi, mbere y’uko ijya hanze.

Alliah Cool mbere y’uko we na bagenzi be bahaguruka i Kigali mu gitondo cyo ku  wa 8 Ugushyingo 2023, yatangarije itangazamakuru  ko bagiye kwerekana filime ku bafatanyabikorwa.

Ati “Muri Nigeria hari ibigo twaganiriye ku mushinga wacu bifuza gukorana natwe, rero tugiye kubamurikira aho ugeze barebe uko bimeze hanyuma twanzure uko filime yacu izasohoka n’aho izasohokera.”

Alliah Cool yavuze ko nyuma yo kumvikana n’abazerekana iyi filime aribwo noneho bazayimurika ku mugaragaro yaba muri Nigeria ndetse n’i Kigali.

Kuva itsinda rya Kigali Boss Babes ryashingwa, bahise batangira umushinga wo gukora filime igaruka ku buzima buhenze aba bakobwa babamo umunsi ku wundi.

Ni filime yafatiwe mu bihugu bitandukanye aba bakobwa bakunze gutemberamo, ifatirwa muri hoteli akomeye yaba mu Rwanda no hanze yarwo yewe hari n’amashusho yayo yafatiwe mu ndege.

Ku nshuro ya kabiri mu Rwanda hagiye gushimirwa abagira uruhare mu guteza imbere abamugaye
Abashinwa bahishuye ko biteguye guhangana n’amerika igihe icyo aricyo cyose
Général Mahamat Déby Itno yagizwe Maréchal
Uwicyeza Pamela yashimiye umugabo we The Ben nyuma yo kumuha imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover
Bruce Melodie yishimiye uko yanditswe mu itangazamakuru mpuzamahanga muri 2023
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Poker Machines Brisbane

May 28, 2024

Sin88 Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Lucky Hotel Newcastle

May 28, 2024

Top Casino Website

February 25, 2025

E Wallet Online Casino

May 28, 2024

Advantages Of Playing Pokies In Australia To Win

September 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?