SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Amb Alliah Cool yegukanye igihembo mu irushanwa rya Great Achiever Awards muri Nigeria
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Amb Alliah Cool yegukanye igihembo mu irushanwa rya Great Achiever Awards muri Nigeria
Andi makuruImyidagaduro

Amb Alliah Cool yegukanye igihembo mu irushanwa rya Great Achiever Awards muri Nigeria

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: November 27, 2023
Share
SHARE

Umukinnyi  wa filime, Amb Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool ari mu byishimo nyuma kwegukana igihembo cya Great Achiever Awards bitangirwa muri Nigeria bihabwa abagize uruhare mu iterambere ry’ikiremwamuntu na sosiyete muri rusange.

Ni igihembo yahawe mu ijoro rya tariki 26 Ugushyingo 2023, nyuma y’amasaha make yari amaze kunyuza ubutumwa ku rubuga rwa Instagram avuga ko ubu ari gusubiramo neza ijambo aribuvuge ngo atagira abo asebya

Uyu  mukobwa uri  mu bakunzwe cyane  ku mbuga  nkoranyambaga nyuma yo gushyiraho  ubwo butumwa benshi  mu bamukurikira  bamweretse ko inama yigiriye ariyo kandi ari byiza  kutiheb aigihe cyose .

Alliah Cool na  bagenzi be  babana mu itsnda  rya  Kigali Boss  Babies  bamaze iminsi mu gihugu cya Nigeria  aho bagiye mu gikorwa cyo kumurika   Filime igaruka ku buzima bwabo bwa buri munsi, mbere y’uko ijya hanze.

Alliah Cool mbere y’uko we na bagenzi be bahaguruka i Kigali mu gitondo cyo ku  wa 8 Ugushyingo 2023, yatangarije itangazamakuru  ko bagiye kwerekana filime ku bafatanyabikorwa.

Ati “Muri Nigeria hari ibigo twaganiriye ku mushinga wacu bifuza gukorana natwe, rero tugiye kubamurikira aho ugeze barebe uko bimeze hanyuma twanzure uko filime yacu izasohoka n’aho izasohokera.”

Alliah Cool yavuze ko nyuma yo kumvikana n’abazerekana iyi filime aribwo noneho bazayimurika ku mugaragaro yaba muri Nigeria ndetse n’i Kigali.

Kuva itsinda rya Kigali Boss Babes ryashingwa, bahise batangira umushinga wo gukora filime igaruka ku buzima buhenze aba bakobwa babamo umunsi ku wundi.

Ni filime yafatiwe mu bihugu bitandukanye aba bakobwa bakunze gutemberamo, ifatirwa muri hoteli akomeye yaba mu Rwanda no hanze yarwo yewe hari n’amashusho yayo yafatiwe mu ndege.

Itsinda rya Twin Vibes ryashyize hanze indirimbo yaryo ya Mbere ryise Energy (Video )9
RDC :Umutwe wa M23 wigaruriye umupaka wa Kamanyola
Inama y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC na SADc yashyizeho abahoze ari abakuru b’ibihugu nk’abahuza bashya
Karisimbi Event yahembye ibigo 22 byahize ibindi muri Service Excellence Awards 2024 (Amafoto)
Perezida wa Burkina Faso Ibrahim Traoré yashinze inganda 3 zitunganya inyanya ku nkunga y’abaturage
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Licensed Electronic Casino Sites Ireland

July 15, 2019

Vai De Bet Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Free Aristocrat Pokies

May 28, 2024
Imyidagaduro

A$AP Rocky agiye gusubira mu nkiko

February 28, 2025

When Will Pokies Open In South Australia

May 28, 2024

Crypto Gaming Casino

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?