SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Rumaga ,Ruti Joel na Shauku Band bazatarama mu gitaramo Kigali Kulture Konnekt
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Rumaga ,Ruti Joel na Shauku Band bazatarama mu gitaramo Kigali Kulture Konnekt
Imyidagaduro

Rumaga ,Ruti Joel na Shauku Band bazatarama mu gitaramo Kigali Kulture Konnekt

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/10/30 at 3:08 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mu Gihe abanyarwanda  bari kugana mu mezi ya  nyuma y’umwaka  abahanzi batandukanye bakomeje kugenda batumirwa mu bitaramo bitandukanye  harimo cyane ibya  Gakondo aho  mu mpera z’ugushyingo mu Kigali hateguwe igitaramo  cy’injyana gakondo cyiswe  kigali  Kulture  Konekt  cyatumiwemo abahanzi  bakunzwe cyane  nka Ruti  Joel .Umusizi  Rumaga ,Shauku band  n’Itorero Inyamibwa .

Iki gitaramo cyateguwe na  Ma Africa  kizaba kigamije guhuriza hamwe abantu batandukanye  maze bagaratama mu njyana  gakondo  binyumvira zimwe mu ndirimbo gakondo ndetse n’ibisigo aho  bazaba bishimira ibihe byiza bagize muri Uyu Mwaka .

Mu kiganiro n’umwe mu bayobozi  ba Ma Africa  yadutangarije y’uko  bahisemo bariya bahanzi  kubera ko ari bamzwe mu bakunzwe cyane  mu njyana  gakondo kandi bafite  ibihangano byiza cyane bakaba barifuje kuba aribo batangirana nabo ariko kubera ko  gahunda bafite izaba ngarukakwezi bazajya bagenda bazana n’abandi benshi  kuko  ari benshi kandi bafite  ibihangano bikunzwe  .

Biteganyijwe ko igitaramo  Kigali Kulture Konnekt  kizaba ku tariki ya  24 Ugushyingo kikabera  muri camp Kigali ahazwi nka KCEV aho kwinjira  bizab ari amafaranga 5000 ahasanzwe ,10.000 muri Vip ,20.000 muri VVIP naho ameza y’abantu batandatu akazab ari  200.000Frw

You Might Also Like

Juno yateguye igitaramo cyo kwishimira ibyo amaze kugeraho mu myaka itanu mu muziki we

Album 25Shades ya Bwiza izagera kw’isoko tariki ya 16 Gicurasi 2025

Ubuhamya bwa Cassie Ventura mu rubanza rwa P Diddy bushobora gutuma afungwa Burundu

Abamurikamideli 15 nibo batsindiye gukorana na Naf Model Empire

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul October 30, 2023 October 30, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Lazarus Chakwela yakuyeho ingendo zo mu mahanga kubagize Guverinoma

November 16, 2023
Imyidagaduro

Tom Close yagiranye amasezerano na Zacu Tv yo kumukorera Filime ye

August 23, 2023
Imyidagaduro

Burna Boy yatamajwe n’agatama ku rubyiniro mu gitaramo yakoreye I Kosovo

July 29, 2024
Utuntu n'utundi

Minisitiri Mujawamariya Jeanne D’Arc yirukanywe mu kazi

July 25, 2024
Andi makuru

Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa DRC ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi i Pékin

May 17, 2023
Imyidagaduro

Britney Spears yasabwe gatanya nyuma y’Amezi 14 arushinze na Sam Asghari

August 17, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?