SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville
Andi makuru

Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/10/28 at 2:37 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Congo, Félix Tshisekedi,batumiwe na mugenzi wabo   wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, mu nama ibera mu mujyi wa Brazzaville.

Ni inama yiga  kurusobe rw’ibinyabuzima n’amashyamba iri kubera mu kigo cy’Inama Mpuzamahanga cya Kintélé yatangiye guhera ku wa 26 kugeza ku wa 28 Ukwakira 2023.

Ikinyamakuru Jeune Afrique  cyivuga ko usibye Perezida Kagame na Tshisekedi,iritabirwa kandi na Perezida wa Gabon Brice Oligui Nguema,abandi Bakuru b’Ibihugu 10, abavuga rikumvikana ku rwego mpuzamahanga ndetse n’abandi barenga ibihumbi 3000.

Ikinyamakuru Daily Nation cyo muri Kenya, cyemeje ko William Ruto yamaze kugera muri Congo Brazzavile muri iyi nama yitabirwa n’ibihugu 37.

Muri iyi nama harashyirwa ibuye fatizo ahazubakwa ikigo cyo kubungabunga uruzi rwa Amazon (Amerika), uruzi rwa Congo (Afurika), n’urwa Bornéo-Mekong , (Asia), ahabarizwa urusobe rw’ibinyabuzima hafi ku kigero cya 80% ku Isi muri gahunda yo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe.

Imyanzuro ifatirwa muri iyi nama ikazasuzumwa kandi mu nama mpuzamahanga yiga ku ihindagurika ry’ibihe  ya COP28 izaba mu mpera z’ukwezi ku Ugushyingo uyu mwaka i Dubai.

You Might Also Like

Bisi zikoresha amashanyarazi zatangiye kugeragezwa gutwara abagenzi mu Ntara

Cardinal Robert ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatorewe kuba Papa Mushya afata izina rya Leon XIV

U Rwanda rwasinyanye amasezerano n’isosiyete E7 yo muri UAE

Aba-Cardinal binjiye mu munsi wa kabiri w’itora rya Papa

Eddie Mutwe ushinzwe umutekano wa Bobi Wine yagejejwe mu rukiko ashijwa ubujura

Nsanzabera Jean Paul October 28, 2023 October 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ikoranabuhanga

USA:Ikigo cya Apple na guverinona bakomeje kwitana ba mwana

March 25, 2024
Ubukungu

U Rwanda rwakiriye indege y’imizigo ya Qatar Airways,

May 4, 2023
Imyidagaduro

Umugore wa Ludacris Eudoxie Mbouguiengue yiyemeje kuzagarukana n’umugabo we mu Rwanda

June 4, 2024
Imikino

I Mikino Nyafurika ikipe ya REG WBBC yisanze mu itsinda rya Mbere!

December 11, 2023
Imikino

Perezida wa Guinea, Gen. Mamadi Doumbouya yakiriye ikipe y’igihugu yabo

February 5, 2024
Imyidagaduro

Clapton Kibonge yashimiye umugore we n’inshuti ze zamubaye hafi mu burwayi bwe

May 26, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?