SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umusifuzi Twagirumukiza Abdul niwe uzasifura umukino w’ishiraniro wa APR FC na Rayon sports
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Umusifuzi Twagirumukiza Abdul niwe uzasifura umukino w’ishiraniro wa APR FC na Rayon sports
Imikino

Umusifuzi Twagirumukiza Abdul niwe uzasifura umukino w’ishiraniro wa APR FC na Rayon sports

Muhire Jimmy
Last updated: 2023/10/26 at 5:12 PM
Muhire Jimmy
Share
1 Min Read
SHARE

Abasifuzi bazasifura umukino w’ishiraniro wa APR FC na Rayon sports kuri icyi cyumweru bamenyekanye

Uyu mukino uba utegerejwe na benshi mu Rwanda, bamwe badatinya kuvugako ari derby uzaba kuri icyi cyumweru ku isaha ya saa kenda (15h00′)

APR FC na Rayon sports ni amakipe asanzwe ahangana mu Rwanda cyane ko ari nayo afite abafana benshi ndetse n’ibikombe byinshi byaba ibya shampiyona ndetse n’ibyigihugu (igikombe cy’amahoro).

Uyu musifuzi umaze imyaka 10 agizwe mpuzamahanga na FIFA, Abdul Twagirumukiza niwe wahawe inshingano zo gukiranura abavandimwe kuri Kigali Pele Stadium.

Azaba yungirijwe na Ishimwe Didier nk’umusifuzi w’igitambaro na Mugabo Eric. Umusifuzi wa 4 azaba ari Rulisa naho Commiseri azaba ari Bushayija Paul.

Aya makipe yombi nubwo Shampiyona izaba iri ku munsi wa 9, yombi azaba akina umukino wa 8 kuko afite ikirarane cyatewe n’imikino nyafurika.

Umukino uheruka guhuza ibi bigugu byo mu mujyi wa Kigali, isaro ry’i nyanza (Rayon sports/ Gikundiro) yatsinze itababariye ku mukino wa nyuma wa super cup ibitego 3 -0 bya Gitinyiro (APR FC)
Bagiye kwesurana Ikipe ya APR FC iri ku mwanya wa 2 n’amanota 17 inganya na Musanze ya mbere bitandukanwa n’ibitego, Rayon sports iri ku mwanya wa 5 n’amanota 12.

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Muhire Jimmy October 26, 2023 October 26, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Itorero Ishyaka ry’Intore ryijeje abazitabira igitaramo Indirirarugamba ko bazataha banyuzwe

January 22, 2025
Imyidagaduro

Isimbi Noeline ukina filime z’Urukozasoni yikomye abamwijirira mu buzima .

April 23, 2025
Imyidagaduro

Abantu bamaze 4 gutabwa muri yombi nyuma yo gushaka gushimuta umuhanzikazi Tiwa Savage .

April 17, 2023
Imyidagaduro

Abba Marcus Mayanja yongeye kwikoma se umubyara nyuma yo gusubizwa mu bitaro

February 20, 2025
Imyidagaduro

Ubukwe bwa Bishop Gafaranga na Annette bukomeje kuvugisha benshi

February 8, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yaganiriye na João Lourenço wa Angola ku kibazo cya RDC

November 29, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?