SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kitoko yatangaje ko agiye kugaruka gukorera ibikorwa bye  mu  Rwanda  
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Kitoko yatangaje ko agiye kugaruka gukorera ibikorwa bye  mu  Rwanda  
Imyidagaduro

Kitoko yatangaje ko agiye kugaruka gukorera ibikorwa bye  mu  Rwanda  

Gossip Kigali
Gossip Kigali
Published: June 20, 2025
Share
SHARE

Umuhanzi Kitoko Bibarwa Patrick wakunzwe mu Rwanda mu ndirimbo nyinshi nk’ikiragi ni zindi yinshi yahishuye ko ari mu myiteguro  yo kugaruka mu rwamubyaye nyuma y’imyaka 12 aba mu gihugu  cyúbwongereza aho yari yaragiyegukorera amasomo ye

Mu butumwa yageneye abakunzi be Kitoko yahishuye ko ateganya gutaha mu Rwanda mu minsi ya vuba nubwo yirinze kuvuga  igihe yacyo  cyo kuzatahira

Ati “Nibyo maze iminsi ndi kubyitegura, ndifuza gutaha, imyaka 12 ni iyo ntaba iwacu. Nkumbuye gukorera umuziki mu Rwanda ariko by’umwihariko hari n’ibikorwa nshaka kuhakorera. Igihe icyo aricyo cyose mu minsi ya vuba mwakumva natashye.”

Ku rundi ruhande, Kitoko yavuze ko mu gihe atarataha bitazamubuza gukora umuziki kuko muri iyi minsi yabonye umwanya agereranyije n’ibihe byashize ubwo yari aziritswe n’amasomo yafatanyaga n’ubushabitsi.

Kitoko ufite indirimbo nshya yise ‘In love’ yinjiye mu muziki mu 2008, ahereye ku ndirimbo Ikiragi n’izindi zakurikiyeho zatumye aba ikimenyabose mu muziki w’u Rwanda.

Mu 2013 Kitoko yerekeje mu Bwongereza ari naho atuye kugeza ubu ndetse anahakomereza amasomo.

Mu 2022 Kitoko yarangije icyiciro cya kabiri cya Kaminuza muri ‘South Bank University’ y’i Londres mu Bwongereza aho yize Politike. Yahise akomereza icyiciro cya gatatu cya Kaminuza muri ‘London Metropolitan University’.

Kitoko kandi ni umwe mu batumiwe mu gitaramo cyo kwizihiza umunsi wo kwibohora giteganyijwe kubera mu Bubiligi 

The Silver Gala ibirori byaranzwe no Kwambara neza mu mateka (Amafoto)
Ilead Rwanda ikomeje gutyaza urubyiruko rw’u rwanda kuzavamo abayobozi beza
Abba Marcus Mayanja yongeye kwikoma se umubyara nyuma yo gusubizwa mu bitaro
Jackie Chan yashimangiye ko ubuzima bwe bumeze neza
Producer Li John yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Ndagutinya
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Vera And John Casino 100 Free Spins Bonus 2025

February 25, 2025
Imyidagaduro

Bahati wahoze muri Just Family yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Unyuzimfura Cecile,

July 27, 2023

What Are The Resources Available For Safe Gambling Anonymous In Ireland

May 28, 2024

Mrjackvegas Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Volt Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Cash Tornado Online

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?