Umuhanzi umwe mu bakunzwe muri iyi minsi nyuma yo gushyira hanze indirimbo ye nshya yise Sana akomeje kwibasirwa n’banatu bataramneyakana ku mbuga nkoranyambaga batangaza amakuru menshi y’ibihuha bavuga ko yatereye rimwe inda abagore batatu ‘
Gusa nubwo uyu muhanzi akomeje guca mu tuntu twíbibazo bya hato na hato we ku giti aranyomoza ayo makuru yirirwa amuvugwa ko yateye inda eshatu icyarimwe .
Uyu musore ukiri muto mu kiganiro aherutse kugirna nÍkinyamkauru kimwe cya hano mu Rwanda yatangaje ko ayo makuru yamugezaho ndetse bigafata n’indi ntera bikagera ku mubyeyi umubyara mama we akamusaba ibisobanuro byinshi kuri icyo kibazo
Afrique yagize ati” Mama wanjye yarampamagaye arambaza ati ibyo ndi kumva bavuga ni ukuri ,ariko kuko anzi neza ko ibyo bavuga ntabikora kandi bidashoboka ntago yabifashemo umwnaya munini cyane .
Uyu muhanzi muri icyo kiganiro yashimangiye ko imyaka ye rwose ubu ahugiye mu gukora umuziki we no kuri alubumu ateganya gushyira hanze ubu nta gahunda yo kubyara afite nta n’umwana yigeze mu buzima bwe ko ibivugwa byose arabafite ibyo bagamije ku mbuga nkoranyambaga
