SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Afrique yanyomoje abakomeje kumwibasira ku mbuga nkoranyambaga
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Afrique yanyomoje abakomeje kumwibasira ku mbuga nkoranyambaga
Imyidagaduro

Afrique yanyomoje abakomeje kumwibasira ku mbuga nkoranyambaga

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: June 18, 2025
Share
SHARE

Umuhanzi umwe mu bakunzwe muri iyi  minsi nyuma yo gushyira  hanze  indirimbo ye nshya yise Sana akomeje kwibasirwa n’banatu bataramneyakana ku mbuga nkoranyambaga batangaza amakuru menshi  y’ibihuha bavuga ko yatereye rimwe inda abagore  batatu ‘

Gusa  nubwo uyu  muhanzi akomeje guca mu tuntu twíbibazo bya hato na hato  we ku giti aranyomoza ayo  makuru yirirwa  amuvugwa ko yateye inda eshatu icyarimwe .

Uyu musore  ukiri muto mu kiganiro aherutse kugirna nÍkinyamkauru kimwe cya hano mu Rwanda yatangaje ko ayo makuru  yamugezaho ndetse bigafata n’indi ntera bikagera ku mubyeyi umubyara mama we akamusaba ibisobanuro byinshi kuri icyo  kibazo

Afrique yagize ati” Mama wanjye yarampamagaye arambaza ati ibyo ndi kumva  bavuga  ni ukuri ,ariko  kuko anzi neza ko ibyo bavuga ntabikora kandi bidashoboka ntago yabifashemo umwnaya munini cyane .

Uyu muhanzi muri icyo kiganiro yashimangiye ko imyaka ye rwose ubu ahugiye mu gukora umuziki we no kuri alubumu ateganya gushyira hanze ubu nta gahunda yo kubyara afite nta n’umwana yigeze mu buzima bwe ko ibivugwa byose arabafite ibyo bagamije ku mbuga nkoranyambaga

Knowless arasaba abanyarwanda kwamagana amahanga akomeje kwibasira u Rwanda
Umuhanzikazi Rema Namakulua atwite Impanga
The Ben Yongeye gufatirwa n’Ikiniga imbere y’ikoraniro ry’abantu
Umuhanzi Israel Mbonyi yerekeje muri Australia
Japhet uzwi muri Bigomba Guhinduka yateguye igitaramo yise “Stupid experience”
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

No Deposit Online Games

February 25, 2025

Faraon Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Red88 Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

Dollar 1 Deposit Online Casino Ie

February 19, 2020

Craps Casino 100 Free Spins Bonus 2025

February 25, 2025

Pokies Machine Australia

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?