SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umugore wa Justin Bieber yatangaje byinshi yahuye nabyo kuva yabana n’umugabo we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umugore wa Justin Bieber yatangaje byinshi yahuye nabyo kuva yabana n’umugabo we
Imyidagaduro

Umugore wa Justin Bieber yatangaje byinshi yahuye nabyo kuva yabana n’umugabo we

Gossip Kigali
Gossip Kigali
Published: May 21, 2025
Share
SHARE

 

Umunyamideli akaba n’umugore w’umuhanzi Justin Bieber,Hailey  Bieber yatangaje amarangamautima  ye  ndetse  n’ibijyanye n’urugo rwe ndetse no kuba  umubyeyi .

Uyu  mugore  yabitangarije  mu kiganiro Vogue aho yatangaje ko  kubyara bwa mbere umunhugu wabo bise  Jack Blues Biebere ari ikintu  cya mbere cyamugoye kurusha ibindi byose  yanyuzemo mu buzima bwe .

Yaguize ati  “byari ibihe  bikomeye cyane  kuko nayunze  mu mihangayiko y’ibise  ndetse nababaye igihe  kirekire kuko  nta muti numwe  ugabanya ububabare cyangwa ikinya natewe  mbega byari ububabare burenze ukwemera .

Ikindi Hailey Bieberyavuze  ni uko nyuma yo kubyara icyamugoyecyane nyuma yo kubyara ari ukoyagombaga guhangana n’ibihe bikomeye bya nyuma yo kubyara ndetse  n’inkuru zíbihuha byo mw’itangazamakuru.

Yagize ati “igihe cya nyuma  yo kubyara nicyo gihe kindi  cyankomereye kurusha ibindi byose mu buzima bwanjye,kandi mu gihe ibyo  byose byambagaho,najyaga ku mbuga nkoranyambaga buri munsi abantu bavuga ngo barashaka gutandukana.. Ni ibintu biremereye cyane mu mutwe .

Ku bijyanye no kongera  kubyara,Hailey yavuze ko yabyifuza ,ariko ubu bahugiye mu kwita ku mwana wabo  gusa

#Kwibuka31 : Seburikoko yatangaje ko sinema ari inzira nziza yo kwiga amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994
Yvan Muzik yasubiranyemo indirimbo intsinzi na Mariya Yohana,The Ben na Marina (Video)
Riderman na Bull Dogg ku bufatanye na Skol bahaye abakunzi ba hip hope ibyishimo birenze(Amafoto)
Ibihembo bya Isango na Muzika Awards bigiye gutangwa ku nshuro yabyo ya 5
Tyla yasubitse ibitaramo yarafite kw’isi hose kubera uburwayi
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Jennings Duchess Slot Machine

May 28, 2024

What Is The Best Welcome Bonus For An Online Casino In Ireland

May 28, 2024
Imyidagaduro

Sherrie Silver, Gahongayire na Kalimpinya mu bahataniye ibihembo by’abagore bavuga rikijyana (WLA)

March 11, 2024

What Online Casinos Offer No Deposit Pokies With Paysafe Payment Options In Australia

September 5, 2023

Casino Jack Port

May 28, 2024

Online Casino Ireland Bitcoin

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?