Umunyamideli akaba n’umugore w’umuhanzi Justin Bieber,Hailey Bieber yatangaje amarangamautima ye ndetse n’ibijyanye n’urugo rwe ndetse no kuba umubyeyi .
Uyu mugore yabitangarije mu kiganiro Vogue aho yatangaje ko kubyara bwa mbere umunhugu wabo bise Jack Blues Biebere ari ikintu cya mbere cyamugoye kurusha ibindi byose yanyuzemo mu buzima bwe .
Yaguize ati “byari ibihe bikomeye cyane kuko nayunze mu mihangayiko y’ibise ndetse nababaye igihe kirekire kuko nta muti numwe ugabanya ububabare cyangwa ikinya natewe mbega byari ububabare burenze ukwemera .
Ikindi Hailey Bieberyavuze ni uko nyuma yo kubyara icyamugoyecyane nyuma yo kubyara ari ukoyagombaga guhangana n’ibihe bikomeye bya nyuma yo kubyara ndetse n’inkuru zíbihuha byo mw’itangazamakuru.
Yagize ati “igihe cya nyuma yo kubyara nicyo gihe kindi cyankomereye kurusha ibindi byose mu buzima bwanjye,kandi mu gihe ibyo byose byambagaho,najyaga ku mbuga nkoranyambaga buri munsi abantu bavuga ngo barashaka gutandukana.. Ni ibintu biremereye cyane mu mutwe .
Ku bijyanye no kongera kubyara,Hailey yavuze ko yabyifuza ,ariko ubu bahugiye mu kwita ku mwana wabo gusa