SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Sean Kingston n’umubyeyi we Janice Turner bashobora kwisanga mu buroko
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Sean Kingston n’umubyeyi we Janice Turner bashobora kwisanga mu buroko
Imyidagaduro

Sean Kingston n’umubyeyi we Janice Turner bashobora kwisanga mu buroko

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/03/30 at 7:48 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

 Umuririmbyi Sean Kingston n’umubyeyi we Janice Turner barashinjwa ibyaha by’ubuhemu n’uburiganya, bishobora gutuma bafungwa imyaka igera kuri 20.

Sean Kingston yatawe muri yombi muri Gicurasi 2024 muri Leta ya California, nyuma y’uko yari yarashinjwe n’isosiyete y’ikoranabuhanga kumwambura amafaranga menshi mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Polisi yatangaje ko uyu muhanzi akurikiranyweho ibyaha 10, birimo ubujura, uburiganya, kwiyoberanya agamije gukwepa inshingano, ndetse no gucuruza ibintu byibwe.

Bivugwa ko Sean Kingston yanyereje asaga ibihumbi 50 by’amadolari ($50,000), ndetse hari ibirego by’ubujura burengeje ibihumbi 100 by’amadolari ($100,000).

Mu byaha akurikiranyweho, harimo no gukoresha sheki itazigamiye ifite agaciro ka $44,000, bikekwa ko umubyeyi we Janice Turner yabigizemo uruhare rukomeye.

Sean Kingston yamenyekanye cyane mu muziki binyuze mu ndirimbo nka Beautiful Girls, ariko ibibazo by’amategeko byamugaruye mu itangazamakuru ku mpamvu zitari iz’umuziki. Nubwo we n’umubyeyi we bagikurikiranwa, ubucamanza nibwo buzatanga umwanzuro w’uru rubanza ruremereye.

 

You Might Also Like

The Ben Agiye guhurira mu gitaramo kimwe n’abarimo Diamond Platnumz,Bebe Cool na Eddy Kenzo muri Uganda

RIB yaburiye abanyamakuru bashobora kwisanga mu cyaha mu kibazo cya Bishop Gafaranga

Urubanza rwa Bishop gafaranga rwaburanishirijwe mu muhezo

Sherrie Silver yashenguwe n’ihohoterwa rikorerwa umwana afasha yiyemeza kumuvuza

Maurix Baru yateguye ibitaramo yise “Karahanyuze Summer Tour”azakorera muri Canada

Nsanzabera Jean Paul March 30, 2025 March 30, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Namungo FC yasinyishije Kagere Meddie.

January 16, 2024
Imyidagaduro

Mw’ibanga rikomeye Prince Kid yasezeranye mu mategeko na iradukunda Elsa

March 2, 2023
Imyidagaduro

Album ya Producer Davydenko na Tuff Gang izajya hanze mu ukuboza

November 17, 2023
Andi makuru

Vladimir Putin yanyomoje amakuru avuga ko azaganira na Trump

December 20, 2024
Imyidagaduro

Igitaramo cya Demarco cyasubitswe ku munota wa nyuma

December 28, 2022
Imyidagaduro

Album 25 Shades ya Bwiza izamurikwa ku mugaragaro nyuma y’Icyunamo

April 2, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?