SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Volodymr Zelensky yemereye Amerika ibigo by’ingufu z’amashanyarazi bya Ukraine
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Volodymr Zelensky yemereye Amerika ibigo by’ingufu z’amashanyarazi bya Ukraine
Andi makuru

Volodymr Zelensky yemereye Amerika ibigo by’ingufu z’amashanyarazi bya Ukraine

Wakibi Geoffrey
Last updated: 2025/03/20 at 12:20 PM
Wakibi Geoffrey
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida wa Ukraine Volodymr Zelensky yemereye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump kwigarurira ibigo by’ingufu z’amashanyarazi bya Ukraine kugirango abicungire umutekano

Volodymyr Zelensky avuga ko Ukraine yiteguye gushyigikira icyifuzo cy’Amerika cyo guhagarika ibitero by’u Burusiya ku ngufu z’amashanyarazi nyuma y’ikiganiro yagiranye na mugenzi we wa Amerika Donald Trump ku murongo wa telefone.Ni ikiganiro bagiranye kuwa 19 werurwe 2025.

Nyuma yo kuvugana, Trump yanditse ku mbuga nkoranyambaga ko yahamagaye Zelenskyy bagirana ibiganiro byiza cyane bigamije amahoro.

Kuvugana hagati y’aba bombi bije nyuma y’uko Trump aherutse kuvugana na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin, amwemerera ko abaye ahagaritse kugaba ibitero ku bikorwa remezo by’ingufu ariko atazatanga agahenge k’iminsi 30.

Ikinyamakuru Aljazeera cyatangaje ko Zelensky yashimiye ikiganiro yagiranye na Trump kuko kinyuze mu mucyo kandi yizeye ko amahoro arambye ashobora kugerwaho uyu mwaka abifashijwemo na Amerika.

Zelensky yavuze ko ibyo bizabaho kugira ngo intambara ihagarare asaba ko hakongera gukorwa izindi nama mu minsi iri imbere babifashijwemo n’abahuza mu biganiro.

Kuri uyu wa 19 werurwe 2025 Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yatangaje ko Moscou yatanze abasirikare 175 n’abandi bakomerekeye ku rugamba n’imfungwa z’intambara nk’ikimenyetso cy’ubushake bwo guhagarika intambara.

 

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Wakibi Geoffrey March 20, 2025 March 20, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Kiyovu Sports: Mugunga Yves kubera kudahembwa yanditse asesa amasezerano.

January 19, 2024
Imikino

Amagare: Muhoza Eric na Ingabire Diane begukanye “Akagera Rhino Race”

December 26, 2023
Andi makuru

Nyuma y’imyaka ine Rwanda Day igiye kongera kubera muri Amerika

November 27, 2023
Imyidagaduro

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

May 29, 2025
Imyidagaduro

Kate Bashabe yakebuye urubyiruko rutukana ku babyeyi

April 25, 2025
Imikino

Rayon Sport yahagaritse umunyezamu Bonheur kubera imyitwarire Mibi mu kibuga

May 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?