SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Sudan y’epfo : ibintu bikomeje kuba bibi nyuma yigotwa ry”urugo rwa Riek Mashar
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Sudan y’epfo : ibintu bikomeje kuba bibi nyuma yigotwa ry”urugo rwa Riek Mashar
Andi makuru

Sudan y’epfo : ibintu bikomeje kuba bibi nyuma yigotwa ry”urugo rwa Riek Mashar

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/03/06 at 12:54 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ibintu bikomeje guhindura isura muri Sudani y’Epfo nyuma y’uko igisirikare cy’icyo gihugu kigose urugo rwa Visi Perezida wa mbere, Riek Machar, usanzwe atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Salva Kiir.

Uretse kugota uru rugo, amakuru anavuga ko Umugaba Mukuru wungirije muri icyo gihugu, Lt Ge Gabriel Doup Lam, nawe yatawe muri yombi, uyu akaba asanzwe azwiho gukorana bya hafi na Visi Perezida Mashar.

Impamvu y’itabwa muri yombi rye ndetse n’ifungwa rya Lt Gen Lam ntiyatangajwe, uretse ko Umuvugizi wa Machar, Pal Mai Deng, yavuze ko ibi bikorwa bishobora gukoma mu nkokora amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono mu 2018.

Ati “Iki gikorwa kinyuranyije n’ibyemeranyijweho mu gukemura amakimbirane, kandi gishobora gukurura umwuka mubi.”

Amasezerano yo mu 2018 yashyizweho umukono nyuma y’uko uruhande rwa Perezida Kiir ruhanganye n’urwa Visi Perezida Machar, mu ntambara karundura yahitanye abarenga ibihumbi 400 hagati ya 2013 na 2018, abarenga miliyoni ebyiri bakava mu byabo

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul March 6, 2025 March 6, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ikoranabuhanga

Airtel Rwanda yatangije Promosiyo y’inyogera ya 10%

December 1, 2023
Imyidagaduro

Davido yayomoje amakuru avuga ko we n’umugore we bibarutse Impanga

October 12, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzi Javanix yashyize hanze indirimbo yise Abachou ijambo rikunzwe cya ku mbuga nkoranyambaga

February 9, 2023
Imyidagaduro

Ibyishimo ni byose mu muryango wa The Ben na Pamella nyuma yo kwibaruka imfura yabo

March 19, 2025
Imyidagaduro

Bad Rama arembejwe n’indwara ataramenya iyo ariyo

June 5, 2024
Utuntu n'utundi

Lagos : Abagabo bakekwaho icyaha cyo gukora inzoga zihenze cyane batawe muri yombi

June 10, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?