SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuvugizi wungirije wa M23 Dr Oscar Balinda yahakanye amakuru ku ifatwa rya Gen Omega
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Umuvugizi wungirije wa M23 Dr Oscar Balinda yahakanye amakuru ku ifatwa rya Gen Omega
Andi makuru

Umuvugizi wungirije wa M23 Dr Oscar Balinda yahakanye amakuru ku ifatwa rya Gen Omega

Wakibi Geoffrey
Last updated: 2025/03/06 at 12:56 PM
Wakibi Geoffrey
Share
3 Min Read
SHARE

Mu gitondo  cyo kuri  uyu wa kabiri mu gitondo nibwo  habyutse havugwa amakuru ko umutwe wa M23.ariko umuvugisiz  wuwow mutwe yatangaje ko  bagiye koherereza igisirikare cy’u Rwanda (RDF) Gen Ntawunguka Pacifique, uzwi nka Omega n’andi mazina, ko atari ukuri.

Ni mu kiganiro kigufi Umuvugizi wungirije w’Umutwe wa M23, Dr. Oscar Balinda, yagiranye na bimwe mu binyamakuru bikorera kuri Murandasi  nyuma y’amakuru yasakaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Werurwe 2025, yavugaga ko Gen Omega yoherezwa mu Rwanda.

Hari ikinyamakuru cyari yanditse ko Jenerali Pacifique Ntawunguka, uzwi nka Omega, wari Umuyobozi w’Ishami rya Gisirikare rya FDLR rizwi nka FOCA (Les Forces Combattantes Abacunguzi), agiye gushyikirizwa igisirikare cy’u Rwanda.

Ngo ni nyuma yo gufatirwa ku rugamba n’ingabo za AFC/M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu ntambara bahanganyemo na FARDC.

Iki kinyamakuru cyavugaga ko Dr. Balinda, uvugira M23, yakibwiye ko nta gihindutse, uyu Mujenerali agezwa mu Rwanda kuri uyu wa 5 Werurwe 2025, gusa iyo nkuru yaje gusibwa ku mpamvu UMUSEKE utabashije kugenzura.

uvwo uyu mugabio yabazwaga nÚmunyamakuru w’Umuseke ukorera mu Rwanda  niba M23 ifite Gen Omega, yagize ati: “Ayo makuru ntabwo ari yo, reka reka, barabeshya.”

Yakomeje agira ati: “Ni bo bazanye igihuha, baranagikwiza, nta biriho.”

Yavuze ko amakuru nyayo ari ayo yatangaje ubwo u Rwanda rwashyikirizwaga Brig Gen Gakwerere Jean Baptiste, wari mu bayobozi bakuru ba FDLR.

Dr. Balinda avuga ko amakuru ya Gen Omega azamenyekana vuba kuko bakimushakisha, aho we ubwe yigereye ku ndaki ye iri Kanyamahoro, munsi y’ikirunga cya Nyiragongo.

– Advertisement –

Ati “Twageze ku ndaki ye nta we twabonye, ubwo rero irengero rye ntaryo tuzi, yaba yarapfuye, yaba ari mu mashyamba ya Congo kuko ayazi kurusha benshi.”

Ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yatangiraga muri Mata 1994, Omega yayoboraga Batayo ya 94 yakoreraga mu Mutara, atsindwa n’Ingabo za RPA Inkotanyi.

Nyuma yo gutsindwa kw’ingabo zahoze ari iza FAR, Omega kimwe n’abandi yahungiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Mu bihe bitandukanye, Gen Omega yagiye yingingirwa gutaha mu Rwanda, akabitera umugongo, nk’uko byemejwe na Gen (Rtd) James Kabarebe mu 2016.

Gen (Rtd) James Kabarebe yavuze ko ubwe yihamagariye Omega, amusaba gutaha, undi amubwira ko azasubira mu Rwanda nta Mututsi ukirubamo.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Wakibi Geoffrey March 6, 2025 March 5, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Polisi yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Abapolisi 154

November 11, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame afungura Inama ya Africa CEO Forum yashimangiye ko Africa ishoboye byose

May 16, 2024
Imyidagaduro

Ibyamamare 10 bukirikirwa cyane muri Nigeria (Amafoto)

March 2, 2023
Imyidagaduro

Rema yasesekaye i kigali

October 20, 2023
Andi makuru

Gen Mubaraka Muganga na Brig Gen Ronald Rwivanga bitabiriye ibirori bya tarehe sita I Bugande

February 7, 2024
Andi makuru

Brian Kagame yasoreje amasomo mw’ishuri mukuru we yizemo

December 13, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?