SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ihuriro AFC/M23 washinje Leta ya Kinshasa igitero cyaguyemo abantu 11 i Bukavu
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Ihuriro AFC/M23 washinje Leta ya Kinshasa igitero cyaguyemo abantu 11 i Bukavu
Andi makuru

Ihuriro AFC/M23 washinje Leta ya Kinshasa igitero cyaguyemo abantu 11 i Bukavu

Ahupa Radio
Ahupa Radio
Published: February 28, 2025
Share
SHARE

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko abantu 11 bapfiriye mu gitero cya gerenade cyagabwe mu Mujyi wa Bukavu kuri uyu wa 27 Gashyantare 2025.

Umuyobozi w’iri huriro, Corneille Nangaa, yasobanuye ko iki gitero cyakomerekeyemo abantu 65 barimo batandatu bakomeretse cyane.

Nangaa waganiraga n’abanyamakuru, yagize ati “Igitero cya Bukavu cyapfiriyemo abantu 11 barimo umugore n’uwakigabye. 65 bakomeretse barimo abakomeretse cyane.”

Iki gitero cyagabwe ku bari bitabiriye inama yateguwe n’ubuyobozi bwa AFC/M23, yabereye mu mbuga ngari y’Umujyi wa Bukavu, ahazwi nka ‘Place de l’Indépendance’.

Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko iki gitero cyagabwe hashingiwe ku ibwiriza Perezida Félix Tshisekedi wa RDC yahaye Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Purusi.

Ibiro bya Perezida wa RDC byo byatangaje ko iki gitero cyagabwe n’ingabo z’amahanga “ziri ku butaka bwa Congo binyuranyije n’amategeko”, gusa abakurikiranira hafi imikorere ya Leta ya RDC babifashe nko kuyobya uburari.

Kanyuka yasobanuye kandi ko abarwanyi ba AFC/M23 bataye muri yombi babiri mu bagabye iki gitero, kandi ko bagishakisha n’abandi bacitse.

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko ibisasu byakoreshejwe muri iki gitero ari iby’ingabo z’u Burundi zisanzwe zikorana n’iza RDC.

RIB yatangaje ko imaze kwakira ibyaha 136 byakoreshejwe ikoranabuhanga
Miss Muheto Divine na Fatakumavuta bagejejwe imbere y’urukiko
Nyuma y’ibyumweru 4 abakirisitu bongeye kumva ijwi rya Papa Francis
Umuvugizi wa Rayon Sports yakomoje ku bukene bwugarije ikipe yabo
Abaramyi bakomeye mu Rwanda barimo Israel Mbonyi bahembuye abakristu mu gitaramo cya Ewangelia Easter Celebration Concert
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

What Are The Best Online Pokies For Mobile Players In Australia

September 5, 2023
Imyidagaduro

Shakib Cham umugabo wa Zari arashinjwa kudatanga indezo ku mwana be

February 2, 2024

What Is The Best Online Casino Site In Ireland For 2023

May 15, 2019

Jokaroom Vip App

May 28, 2024

Online Poker Tournament Australia

May 28, 2024

Online Casino Register

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?