SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kanye West (Ye )yikomye abahanzi banze kugira icyo bavuga kwifungwa rya P Diddy
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Kanye West (Ye )yikomye abahanzi banze kugira icyo bavuga kwifungwa rya P Diddy
Imyidagaduro

Kanye West (Ye )yikomye abahanzi banze kugira icyo bavuga kwifungwa rya P Diddy

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published February 7, 2025
Share
SHARE

Umuraperi Kanye West uzwiho kutajya aripfa mu buzima bwe yikomye abahanzi bagenzi be banze kugira icyo bavugwa kwifungwa Rwa Sean Combs uzwi nka P Diddy asaba ko agomba kurekurwa Vuba.

Uyu muraperi mu butumwa burebure bwuzuyemo amagambo akomeye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter (X) yagaragaje ubushake bwinshi bwo kugira mugenzi we P Diddy umaze igihe mu gihome ashinjwa ibyaha bishingiye ku ihohoterwa ryo ku gitsina aho yagaragaje ko yakabaye afungurwa

Muri ubwo butumwa Ye yacishije kuri X kuri uyu wa Kane, yanditse mu nyunguti nkuru ati “Murekure Puff”.
Yunzemo ko anenga bikomeye abo mu ruganda rw’imyidagaduro kuba barakomeje guceceka ntibahaguruke kugira ngo bamagane ifungwa rye.

Yagereranyije guceceka kw’abari mu myidagaduro kuri iki kibazo cya Diddy nk’igihe Chris Brown nawe yafungwaga abantu bose bakaruca bakarumira.

Nubwo Kanye West yavuganiye Diddy, ariko hari abamwamaganye bavuga ko adakwiye gusaba ko P Diddy yarekurwa ahubwo ko agomba guhanirwa ibyo yakoze.

P Diddy yatawe muri yombi muri Nzeri 2024 afungirwa muri Metropolitan Detention Center (MDC) i Brooklyn muri New York, akaba azatangira kuburana ku wa 05 Gicurasi 2025.

You Might Also Like

Umunyamakurukazi Mugire Bianca mu gahinda ko kwibirwa Imodoka ye Mu rugo iwe

Nyuma y’Abarimo Ariel Wayz,Juno Kizigenza ,Kevin Kade na Nel Ngabo Kivumbi yongerewe mu bazaririmba mu bitaramo bya Mtn Iwacu na Muzika

R Kelly yahishuye ko ubuzima bwe bugeramiwe muri Gereza afungiyemo

Ibyifuzo byababuranira P Diddy byongeye kwangwa mu rukiko

King James yahishuye ko azakora ibitaramo byinshi ubwo azaba yizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

Nsanzabera Jean Paul February 7, 2025 February 7, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubuzima

Kudasinzira bigabanya ubushake bwo gutera akabariro

November 27, 2024
Imyidagaduro

Itorero Inyamibwa bijeje abanyarwanda igitaramo cy’amateka cy’Inkuru ya 30

March 19, 2024
Imikino

Dusingizimana Eric wakoze amateka muri Cricket yasezeye mu ikipe y’Igihugu

December 13, 2024
Andi makuruIyobokamana

Chryso Ndasingwa yahembuye imitima ya benshi mu gitaramo Easter Experince’

April 21, 2025
Imyidagaduro

Bruce Melodie yasubiye muri Amerika mu bitaramo azahuriramo na Shaggy

December 11, 2023
Utuntu n'utundi

Musenyeri yafunzwe azira gusambanya abana

February 22, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?