SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ubuyobozi bwa Gen-Z Comedy bwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’umujyi wa Kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ubuyobozi bwa Gen-Z Comedy bwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’umujyi wa Kigali
Imyidagaduro

Ubuyobozi bwa Gen-Z Comedy bwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’umujyi wa Kigali

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published February 6, 2025
Share
SHARE

Umujyi wa Kigali wasinyanye amasezerano y’imikoranire n’abategura ibitaramo bya ‘Gen-Z Comedy,’ wiyemeza kubashyigikira mu bikorwa byabo.

Ndaruhutse Merci wamamaye nka Fally Merci utegura ibi bitaramo, yavuze ko ari ibintu bishimishije kuba binjiye mu mikoranire n’Umujyi wa Kigali.

Ati “Icya mbere ni uko bemeye kudushyigikira, hari inyungu nyinshi tuzabikuramo kandi bizagirira akamaro abanyarwenya, by’umwihariko ababarizwa muri Gen-Z Comedy.”

Ku rundi ruhande, Fally Merci yavuze ko Umujyi wa Kigali icyo wabasabye ari ugukomeza gutegura neza ibi bitaramo, uretse gususurutsa abakunzi b’urwenya bikaba byanakomeza kuzamura impano z’urubyiruko.

Umujyi wa Kigali usinyanye amasezerano na Gen-Z Comedy yitegura kuzuza imyaka itatu itangiye, kuri ubu ikaba ari cyo gitaramo cy’urwenya kiba mu buryo buhoraho mu Rwanda.

Ibi bitaramo byatangiye mu 2022, bizwi cyane mu gusetsa abantu ariko bikagira umwihariko wo kuzamukiramo abanyempano bashya muri uyu mwuga.

Ni bimwe mu byitabirwa ku rwego rwo hejuru aho biba kabiri mu kwezi.

You Might Also Like

Umunyamakurukazi Mugire Bianca mu gahinda ko kwibirwa Imodoka ye Mu rugo iwe

Nyuma y’Abarimo Ariel Wayz,Juno Kizigenza ,Kevin Kade na Nel Ngabo Kivumbi yongerewe mu bazaririmba mu bitaramo bya Mtn Iwacu na Muzika

R Kelly yahishuye ko ubuzima bwe bugeramiwe muri Gereza afungiyemo

Ibyifuzo byababuranira P Diddy byongeye kwangwa mu rukiko

King James yahishuye ko azakora ibitaramo byinshi ubwo azaba yizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

Nsanzabera Jean Paul February 6, 2025 February 6, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Republican Guard yegukanye Irushanwa ryo ’Kwibohora30’ (Amafoto

June 17, 2024
Imikino

Abakinaga umukino w’amahirwe muri Premier Bet bararira ayo kwarika nyuma y’ifungwa ryayo mu Rwanda

July 8, 2024
Andi makuruImyidagaduro

Umuhanzi Rapper Man wo mu itsinda Folk Imena yashyize hanze indirimbo yise ‘Turahari “ yitiriye EP ye

November 7, 2023
Imyidagaduro

Tanasha Donna aravugwa mu rukundo nundi musore

April 25, 2025
Andi makuru

Perezida Putin yihanangirije ibihugu byo mu burengerazuba bikora nk’Aba-nazi

May 9, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yakebuye urubyiruko rwiharaje kwambara Ubusa

January 19, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?