SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: M23 ikomeje kwigarurira imijyi yo mu kivu y’amajyepfo irimo Minova na Bweremana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > M23 ikomeje kwigarurira imijyi yo mu kivu y’amajyepfo irimo Minova na Bweremana
Andi makuru

M23 ikomeje kwigarurira imijyi yo mu kivu y’amajyepfo irimo Minova na Bweremana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/01/21 at 3:12 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umutwe wa M23/AFC nyuma yo gufata umujyi wa Lumbishi mu Kivu y’Amajyepfo umaze gufata agace ka Minova, mu mirwano imaze iminsi ndetse wahise uhakorera inama.

Imirwano ikomeje gukara cyane mu gace kerekera muri Kivu y’Amajyepfo, ingabo za Leta ya Congo, FARDC, iz’Abarundi na Wazalendo batakaje ibice bitandukanye mu mirwano bamazemo iminsi bahanganye na M23.

Ku wa Gatandatu umutwe wa M23 ufatanya na Alliance Fleuve Congo nibwo wafashe agace ka Lumbishi gakungahaye ku mabuye y’agaciro arimo zahabu.

M23 yakomeje kugaba ibitero aho muri Kalehe yerekera i Minova, aho yafashe kuri uyu wa Kabiri mu gitondo nubwo amakuru yavugaga ko ku wa Mbere yari yahagose.

Abaturage bagaragaye bakomera amashyi inyeshyamba bamwe bavuga ngo “karibu”, abandi bavuga ngo ni “amahoro”.

Umwe mu bayoboye abarwanyi ba M23 bafashe Minova yabwiye abaturage ko bagiye gutekana, ko nta we bazakoraho, abasaba kubwira abagiye mu mitwe ya Mai Mai kubabwira bakiyunga na bo, bakabigisha igisirikare ababishaka.

Yavuze ko abaturage bazajya bagenda amasaha yose kandi nta we ubiba.
Imirwano yo muri iki gitondo nkuko tubikesh Radio Okapi y’umuryango w’abaibumbye avuga ko benshi muba Wazalendo bafatanya na FARDC baguye muri iyo mirwano mbere y’uko umujyi wa Minova Ufaatwa.

 

You Might Also Like

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Algeria (Amafoto)

Uganda : Ingabo za UPDF zaburijemo igitero cy’iterabwoba I Munyonyo hagwa babiri

Martin Fayulu udacana uwaka na Tshisekedi biyemeje gufatanya kurwanya Joseph Kabila

I Kigali hateraniye inama itegura ibikorwa by’ingabo za EAC biteza imbere abaturage

RIB yasabye abanyarwanda kwirinda ababashukisha akazi keza mu mahanga bizezwa ubuzima bwiza

Nsanzabera Jean Paul January 21, 2025 January 21, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Kanye West (Ye )yikomye abahanzi banze kugira icyo bavuga kwifungwa rya P Diddy

February 7, 2025
Imyidagaduro

Rihanna yabyaye umwana wa Kabiri

August 22, 2023
Imikino

Peter Agblevor yasezeye kuri Musanze FC yerekeza muri Police FC!

December 29, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma Nelly Mukazayire agirwa Minisitiri wa Siporo

December 21, 2024
Andi makuru

Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro yamaganye ibyo Amerika iri gukora

November 19, 2024
Imyidagaduro

Jessica Alba nyuma y’imyaka 17 yatandukanye n’umugabo we Warren

February 8, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?