SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Fireman ntagitaramiye i Dubai
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Fireman ntagitaramiye i Dubai
Imyidagaduro

Fireman ntagitaramiye i Dubai

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/18 at 11:43 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuraperi Uwimana Francis wamamaye nka Fireman, yamenyeshejwe ko igitaramo yagomba gukorera mu Mujyi wa Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu mu mpera z’uyu mwaka, kitakibaye, kuko cyimuriwe muri 2025.

Uyu muraperi yari agiye gutaramira muri uriya Mujyi ku nshuro ye ya mbere. Abisikana n’abandi baraperi bagiye bahataramira mu bihe bitandukanye, ahanini biturutse ku busabe bw’abanyarwanda n’abandi bahatuye.

Ni igitaramo yagombaga kuririmbamo tariki 28 Ukuboza 2024, kikabera mu kabyiniro ka Matrix Club, ari naho hasanzwe habera ibitaramo bitumirwa cyane cyane abaraperi bo mu Rwanda, nk’imwe mu ntego abahakorera bihaye.

Batman utegura ibi bitaramo, yabwiye yadutangarije  ko igitaramo cya Fireman kitazaba muri uyu mwaka, kuko hari ibyo bakiri gutegura, bakaba barahisemo ko cyasubikwa  kikazaba mu 2025.
Yagize  ati “Igitaramo cya Fireman cyasubitswe. Twahisemo kukimurira umwaka utaha, ari nabwo tuzatangaza amatariki y’igihe kizabera. Kizaba umwaka utaha, tukaba rero twiseguye ku bakunzi bacu, ndetse na ba Firema bose. Ariko umwaka utaha bakaba bahishiwe byinshi kandi byiza. Turabifuriza umwaka Mushya Muhire.”

Itariki y’iki gitaramo, yari yahuriranye n’igihe cy’aho abantu bamwe bava mu bihugu bavukamo bakajya iwabo kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’umwaka , bikaba byari gutuma Fireman atabona abantu benshi, bityo hatekerezwa ko cyashyirwa ku itariki y’igihe abantu bazaba bagarutse mu Mujyi wa Dubai.

You Might Also Like

Bishop Gafaranga yasabiwe n’urukiko gufungwa iminsi 30

Jennifer Lopez yajyanywe mu rukiko kubera amafoto ye

Jose Chameleon yageze I Kigali aherekejwe na Teta Sandra yanga kuganira n’itangazamakuru

The Ben Agiye guhurira mu gitaramo kimwe n’abarimo Diamond Platnumz,Bebe Cool na Eddy Kenzo muri Uganda

RIB yaburiye abanyamakuru bashobora kwisanga mu cyaha mu kibazo cya Bishop Gafaranga

Nsanzabera Jean Paul December 18, 2024 December 18, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Igihe kirageze ngo hakorwe impinduka: KNC Perezida wa Gasogi United!

December 10, 2023
Imyidagaduro

Abahanzi Nikhan na Kapito Riyoto biyemeje kugeza muziki nyarwanda kure ku mugabane w’Iburayi

May 11, 2023
Andi makuru

Umudage Rudiger Koch yaciye agahigko ko kumara iminsi 120 yibera munsi y’amazi

January 26, 2025
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yashimiye Mahmoud Ali Youssouf watorewe kuyobora AUC

February 17, 2025
Andi makuru

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemera abahagarariye ibihugu byabo 11 mu Rwanda

May 22, 2025
Andi makuru

General Mubarakh Muganga yitabiriye inama y’abagaba b’Ingabo za EAC na SADC muri Zimbabwe

March 17, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?