SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Nyuma y’imyaka 4 Safi Madiba yagarutse mu rwagasabo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Nyuma y’imyaka 4 Safi Madiba yagarutse mu rwagasabo
Imyidagaduro

Nyuma y’imyaka 4 Safi Madiba yagarutse mu rwagasabo

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/12/04 at 8:44 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri  ahagana  mu gitondo gishyira  kuwa  gatatu  nibwo umuhanzi  NiyibikoraSafi uzwi nka  Safi Madiba nibwo yageze i Kigali  aho yaje  mu bitaramo biteguza alubumu  ye

Safi  wageze I Kigali akubutse muri Canada  byinshi  mubyo  yabajijwe n’abanyamakuru  ubwo yari akigera I kigaliyatangaje ko  mu bimuzanye mu Rwanda harimo  kureba Umuryango we ndetse  n’Inshuti ze .

Ubwo uyu  musore yari akigera I Kigali mu bibazo yabajijwe  harimo icyo  kuba nyuma yo  gutana na Niyonizera  Judith ubu washatse  undi mugabo yaba  afite gahunda yo  gushaka undi  mugore cyangwa umukunzi ntiyavuze byinshi  gusa yashimangiye ko  muri gahunda zimuzanye  no gushaka undi  mukunzi w’umunyarwandakazi birimo

Sifa ntiyavuze  niba agarutse kuba i Kigali bya burundu cyangwa azasubira muri Canada gusa yashimangiye ko  yishimiye kuba yonjyeye kugaruka  mu Rwanda  rwamubabyaye

Yavuze ko kandi mu bitumye ataha harimo n’ibiganiro na bagenzi be baririmbanaga mu itsinda Urban Boys.

Muri Gashyantare 2020 ni bwo Safi Madiba yagiye muri Canada, asanze Niyonizera Judith bari barasezeranye mu mategeko ariko nyuma bakaza gutandukana.

Uyu muhanzi kuva yakwerekeza muri Canada yari atarataha mu Rwanda n’umunsi wa rimwe.

Kuva yakwerekeza muri Canada, Safi Madiba yakoze indirimbo zakunzwe nka “I love you”, “Sound” na Siwezi aheruka gushyira hanze.

Biteganyijwe ko  mu mpera z’iki cyumweru ku tariki 7 Ukuboza  2024 safi azataramira abakunzi be mu kabyiniro ka  Green Lounge Kicukiro  aho azaba ari kumwe na DJ Phil Peter, Dj Briane ndetse na Muyango uzaba uyoboye iki gitaramo.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul December 4, 2024 December 4, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

HUYE :Impanuka y’ikamyo ebyiri yangije byinshi

August 8, 2024
Andi makuru

Raila Odinga akomeje gushimira abayobozi bashyigikiye ko atorerwa umwanya wo kuyo ora Komisiyo ya AU

August 27, 2024
Andi makuruUtuntu n'utundi

Menya Impamvu Umuherwe Elon Musk Agiye kubaka Umujyi we

March 14, 2023
Imyidagaduro

Ubuyobozi bwa Gen-Z Comedy bwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’umujyi wa Kigali

February 6, 2025
Imyidagaduro

Cécile Kayirebwa yahakanye ibyo kuririmba mu gitaramo ‘Urwinziza Rurahamye’

January 18, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Marina yishimiye umufana we w’I Nyabihu wamubonye agasuka amarira

July 9, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?