SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bwiza yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’u Rwanda muri MozambiqueCol. (Rtd) Donat Ndamage.
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bwiza yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’u Rwanda muri MozambiqueCol. (Rtd) Donat Ndamage.
Imyidagaduro

Bwiza yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’u Rwanda muri MozambiqueCol. (Rtd) Donat Ndamage.

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/11/27 at 7:05 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Bwiza uri muri Mozambique mu biruhuko, kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2024 yasuye Ambasade y’u Rwanda muri Mozambique anagirana ibiganiro na Amb. Col. (Rtd) Donat Ndamage.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Bwiza yavuze ko yishimiye kwakirwa na Ambasaderi ndetse ahamya ko yishimiye umushinga we wa #Igitimurugo aho ateganya gutera ibiti ibihumbi 200 biribwa mu rwego rwo kurengera ibidukikije banarwanya imirire mibi mu muryango.

Kuva ku wa 24 Ugushyingo 2024 Bwiza ari kubarizwa muri Mozambique aho yagiye mu biruhuko no gusura umuryango we uhatuye, aha akaba ari naho yahereye asura Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu.

Uretse ibikorwa by’umuziki baganiriye, Bwiza yanagarije Ambasaderi ku mushinga amazemo iminsi wo gutera ibiti byera imbuto ziribwa ibihumbi 200.

Mu butumwa bwe, Bwiza yagize ati “Byari iby’agaciro kwakirwa na Ambasaderi w’u Rwanda muri Mozambique Amb. Col. (Rtd) Donat Ndamage, mu biro bye i Maputo. Ndashima ko yakunze umushinga wanjye #Igitimurugo n’ubufasha yanyijeje buzava mu Banyarwanda bahatuye.”

Bwiza yerekeje i Maputo mu biruhuko nyuma yo gushyira hanze indirimbo ye nshya Best Friend yakoranye na The Ben, kuri ubu ikaba ari imwe mu zigezweho.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul November 27, 2024 November 27, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Danny Vumbi agiye kumurika ‘album’ yise 365 ivuga ku minsi amaze adakorana na KIKAC Music

February 6, 2023
Imyidagaduro

Igitaramo cya Demarco cyasubitswe ku munota wa nyuma

December 28, 2022
Andi makuruImyidagaduro

Urukiko rwategetse ko Karasira yongera gusuzumwa uburwayi bwo mu mutwe

May 17, 2023
Andi makuru

DR Congo :abarenga 50 baguye mu bwato bwarohamye mu kiyaga cya Kivu

October 3, 2024
Imyidagaduro

Riderman na Bull Dogg bishimiye kuzifatanya na barumununa babo mu gitaramo cyo kumurika alubumu yabo

August 5, 2024
Imyidagaduro

Sauti Sol yakoze iserukiramuco ‘Sol Fest’ basezera ku bakunzi babo

November 6, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?