SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bobi Ladawa wari umugore wa Mobutu Sese Seko yasabye Leta ya RDC ko yifuza gutaha
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Bobi Ladawa wari umugore wa Mobutu Sese Seko yasabye Leta ya RDC ko yifuza gutaha
Andi makuru

Bobi Ladawa wari umugore wa Mobutu Sese Seko yasabye Leta ya RDC ko yifuza gutaha

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/11/27 at 2:22 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuntu wese  uzi  amateka ya Repubulika  Iharanira Demokarasi ya Congo yahoze  ari Zaire  ahita  yibuka umugore w’ikizungerezi wavuzwe bigacika Bobi Ladawa, umugore wa Mobutu Sese Seko watunguranye agatangaza ko  afite ubushaka bwo gutaha mu gihugu cye ariko agahabwa uburengenzira ku nzu kuko atifuza kubaho acumbikirwa

Uyu  mubyeyi Bobi Ladawa uba muri Maroc guhera mu 1997 ubwo umugabo we yahirikwaga ku butegetsi, yavuze ko mu gihe cyose yaba yijejwe inzu muri Congo nta kabuza azataha.

Yabitangarije Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu, Judith Suminwa wamusuye ku wa Kabiri tariki 26 Ugushyingo 2024.

Yagize ati “Nabibwiye Minisitiri w’Intebe ko ningaruka i Kinshasa, nshaka kuba mu nzu yanjye. Ntabwo nshaka gucumbikirwa n’abo mu muryango wanjye cyangwa muri hoteli.”

Ladawa w’imyaka 80 yabaye umugore wa Mobutu mu gihe cy’imyaka 17 kugeza mu 1997 ubwo Mobutu yakurwaga ku butegetsi. Bahise bahungira muri Maroc, umugabo we aza kugwayo muri Nzeri 1997, akaba ari naho ashyinguye  kugeza ubu.

 

You Might Also Like

Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru ry’’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano muri Algerie

Aline Gahongayire yijeje abo mu Bubiligi igitaramo cy’amashimwe

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Mugenzi we biyemeza gufungura ambasade ya Algerie mu Rwanda

Perezida Kagame yunamiye Maqam Echahid waharaniye ubwigenge bwa Algerie

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Algeria (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul November 27, 2024 November 27, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Mr Kagame yasinye mu nzu nshya igomba kumufasha ya BMR yo muri Amerika

February 6, 2025
Imyidagaduro

Coach Gael yahishuye ukuntu Rwanda Day yamufunguriye amarembo yo gushora imari Mu Rwanda

February 12, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzi Davido yasesekaye i Kigali

August 17, 2023
Imyidagaduro

Bebe Cool yongeye kuvuga kw’ifungwa rya Terms na Omah Lay ubwo bari Uganda

February 12, 2025
Andi makuru

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Mugenzi we biyemeza gufungura ambasade ya Algerie mu Rwanda

June 4, 2025
Imikino

HANDBALL : Police HC yanyagiye Evergreen HC yo muri Uganda mu mukino wa kabiri!

December 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?