SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umukinnyi wa Filime Inkindi Aisha yongeye kugarukwaho nyuma yo kwifuza Afande Ian Kagame
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Umukinnyi wa Filime Inkindi Aisha yongeye kugarukwaho nyuma yo kwifuza Afande Ian Kagame
Andi makuruImyidagaduro

Umukinnyi wa Filime Inkindi Aisha yongeye kugarukwaho nyuma yo kwifuza Afande Ian Kagame

Ahupa Radio
Last updated: 2024/11/21 at 11:50 AM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Umukinnyi wa Filime ukunzwe nabatari bakeya  Inkindi Aisha  yongeye kugarukwaho cyane n’abakoresha  urubuga rwa X nyuma yo kuvuga ko Afande  Ian  Kagame amuhora  mu ntekerezo .

Uyu Aisha Inkindi abantu benshi bamwibuka igihe  yajya ku mbuga nkoranyambaga akandika ngo Abagabo batari mu mutwew’ingabo z’u Rwanda ishami rishinzwe kurwanya  iterabwoba ribarizwa mu mutwe urinda Perezida wa Repubulika  Republican Guard bose ari amagweja ndetse n’Ibimonyo ibintu bitamuguye neza  mumezi ashize kugeza ubwo yafashe  umwanya akajya ku mbuga nkoranyambaga ze agasaba imbabazi nubwo benshi bakomeje kumufata nk’ufite ikibazo .

Kuri  iyi  nshuro uyu mukobwa yongeye ararikoroza  ubwo  yajyaga  ku rubuga rwe rwa X akandika ati ” Ubu n’iki nsabwa kugira ngo ntsindire umutima w’uyu musore ko ampora mu ntekerezo koko?

Uyu mukobwa ukunda gukora ibintu ku mbuga  nkoranyambaga akimara gushyira ubwo butumwa ahagana  kw’isaha ya saa moya n’igice ,abatari bake  bongeye  kumwubwira ko yashaka muganga wo mu mutwe  abanda bamubwira amagambo amubwira ko ibyo yifuza byose bitashoboka kuko Atari mu rwego rumwe na Afande Ian .

Reba  bimwe mu bitekerezo Inkindi yasubijwe n’abamukurikira

 

 

 

 

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

Ahupa Radio November 21, 2024 November 21, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umuhanzi Rashid Son yashyize hanze indirimbo Africa ivuga ku mateka yayo (Video )

September 2, 2023
Imyidagaduro

Ariel Wayz yashimiye umuntu wese wamufashije mu kumurika album ye “Hear to Stay”

March 14, 2025
Imikino

Kiptum wari nimero ya mbere ku Isi muri Marathon n’umutoza we w’umunyarwanda bitabye Imana

February 12, 2024
Imikino

Rayon Sports yatangarije abakunzi bayo impinduka ku mukino wayo wa mbere w’igikombe cy’Amahoro.

January 16, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Mugenzi we wa Angola João Lourenço

August 12, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yagiriye Inama Umutoza Mikel Arteta wa Arsenal

November 8, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?