SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Liam Payne yashyinguwe mu cyubahiro n’abarimo inshuti ze
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Liam Payne yashyinguwe mu cyubahiro n’abarimo inshuti ze
Imyidagaduro

Liam Payne yashyinguwe mu cyubahiro n’abarimo inshuti ze

Gossip Kigali
Last updated: 2024/11/21 at 11:47 AM
Gossip Kigali
Share
2 Min Read
SHARE

 

Liam Payne wapfiriye muri Argentine ari mu biruhuko, yasezeweho bwa nyuma n’abari inshuti ze za hafi ndetse n’umuryango we.

Uyu muhanzi wamamaye mu itsinda One Direction, yashyinguwe kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Ugushyingo, mu muhango wabereye mu Bwongereza aho akomoka.

Ni umuhango witabiriwe n’abantu bake bari batumiwe barimo abaririmbanaga na Liam barimo Niall Horan, Zayn Malik, Harry Styles na Louis Tomlinson; Simon Cowell wagize uruhare mu ishingwa ry’iri tsinda n’abo mu muryango we barimo se Geoff Payne na Karen Payne.

Hari kandi abakobwa bakundanye barimo umuhanzikazi Cheryl Fernandez bafitanye umwana w’umuhungu w’imyaka irindwi bise Bear Grey Payne, Kate Cassidy yapfuye bakundana n’abandi batandukanye.

Umuhango wo gusezera umurambo w’uyu musore wabereye mu rusengero ruherereye mu mujyi wa Amersham ruzwi nka St. Mary’s Church.

Liam Payne yitabye Imana tariki 16 Ukwakira 2024 nyuma yo guhanuka muri Buenos Aires Hotel muri Argentine kubera kunywa ibiyobyabwenge birengeje urugero. Bamwe mu bakekwaho uruhare mu rupfu rwe batangiye gukurikiranwa.

One Direction yamenyekaniyemo we na bagenzi be yashinzwe mu 2010 mu irushanwa rya X-Factor, nyuma y’aho Simon Cowell n’umuhanzikazi Nicole Scherzinger bari bagize akanama nkemurampaka babahuje kubera ubuhanga bababonanye.

Icyo gihe ntabwo babashije gutsinda mu irushanwa ariko babaye ni rimwe mu matsinda yubatse izina ku isi kandi babikora bakiri bato. Aba basore bahisemo gutandukana mu 2016 buri wese akomeza umuziki ku giti cye.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Gossip Kigali November 21, 2024 November 21, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Pastor Ezra Mpyisi yavuzwe imyato mu mugoroba wo kwizihiza ubuzima

January 31, 2024
Imyidagaduro

Ruti Joel yamuritse indirimbo ze zo kuri alubumu ye yise ’Musomandera’ izina ry’umubyeyi we.

January 11, 2023
Imyidagaduro

Umunyamakuru Bianca yasubitse ibirori bya Bianca Fashion Hub 2023

July 26, 2023
Imyidagaduro

Imigabo Live concert n’igitaramo cyo gushimira Parezida Paul Kagame : Cyusa Ibrahim

April 23, 2024
Iyobokamana

Aline Gahongayire agiye gukorera igitaramo mu bubiligi

June 10, 2024
Imyidagaduro

Ibirori bya Trace Awards & Festival” 2023 bigiye kubera muri BK Arena

June 1, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?