SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Sea2City yashyize igorora abatunze imbwa n’Injangwe muri Kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubukungu > Sea2City yashyize igorora abatunze imbwa n’Injangwe muri Kigali
Ubukungu

Sea2City yashyize igorora abatunze imbwa n’Injangwe muri Kigali

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/11/07 at 11:18 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Mu gihe  abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga  benshi basigaye batunze  inyamwaswa zibana n’abantu nk’Imbwa .Injangwei ni zindi nyinshi  zitandukanye bakomereje kuba benshi  kuri ubu bashyizwe aheza n’iduka rya  mbere mu Rwanda ricucurza  ibiryo  by’izo  nyamanswa  ryafunguye imiryango yaryo mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali ryitwa  Sea2City

Sea2City  n’iduka rifite umwihariko wo  gucuruza ibintu bitandukanye birimo  ibiryo by’imbwa n’injangwe  ndetse  n’ibindi bikoresho bitandukanye bituma  imbwa yawe  cyangwa ipusi  yawe  iba mu buzima bwiza

Iri  duka rifite  umwihariko  wo  gutumiza ibiryo by’imbwa mu butaliyani.Ubudage ndetse no muri  Kenya  ku buryo iyo uyigaburiye ibyo  byo kurya biturutse muri Sea2City  mu cyumweru kimwe iba yatangiye kubyibuha ndetse wayireba ukabona ko ishimishije.

Iri guriro ryiswe Sea2City riherereye mu mujyi wa Kigali, Rwandex, ahateganye n’Akagera Motors, ubu nibo ba mbere muri Kigali bafite ibiryo byiza by’inyamaswa zibana n’abantu kuko abamaze kuhahahira bishimiye ko  ibiryo byaho bifite ubuziranenge kandi ari byiza cyane ku nyamaswa zabo .

Iri duka rya Sea2City, harimo ibyo kurya by’inyamaswa zose zibana n’abantu by’umwihariko ibiryo by’imbwa nibyo abantu benshi bari guhaha kubwinshi hamwe na Cage (Utuzu tw’imbwa) aho ubishatse banagusanga murugo bakakubakira cage nziza igezweho.

Uretse ibiryo by’imbwa n’utuzu tw’imbwa, muri Sea2City, usangamo ibiryo by’injangwe, ibiroso byo gusokoza injangwe n’imbwa,ibikinisho by’injangwe, udukoresho tuzoza, udukoresho duca inzara nibindi byose bijyanye na (Pets Store animals)

nyuma y’ibyo  bikoresho ndetse  n’ibiryo by’Imba muri  Sea2City kandi  babafitiye ibibwana by’Imbwa zikunzwe cyane nka  Germany Sherpherd n’Ubundi bwoko  bwiza  ibakurira ku mugabane  w’Iburayi

Uretse gucuruza ibiryo by’izi Nyamaswa zibana n’abantu, muri Sea2City bacuruza n’ama Aquarium  abantu  bataka mu nzu ndetse bakaba bafite umwihariko ko bashobora kukubakira Aquarium yaba mu rugo iwawe cyangwa se n’ahandi waba ushaka kuyishyira nko muri Hotel, Restaurant n’ahandi.

Uramutse ukeneye ibindi bisobanuro ushobora guhamagara izi numero +250 788 223 064 +250 788 641 109 cyangwa se ukabandikira kuri instagram ariyo : sea2city999 udakeneye kuyoboza ni Rwandex ku muhanda KN 3 Road ahateganye na Atelier du vin

Ibiryo byo Sea2City bifite intungamubiri zujuje ubuziranenge
Sea2City ntago bibagiwe n’ibiryo by’Injangwe by’amoko yose
babafitiye kanzi Utuzu two kwororeramo Inuma
Ntibibagiwe kandi n’imigozi y’Imbwa

Muri Sea2City hari n’ibikoresho Imbwa n’Injangwee ziriraho

Muri Sea2City kandi ntibobagiwe n’imiti ihumuza imbwa mu bwoya bwazo

Ibiryo by’Imbwa byo muri Sea2City bituruka mu bihugu by’Iburayi nk’Ubutaliyani,Ubudage na Kenya
Hari n’Utuzu tw’Imbwa dukomeye kandi turanatwubaka

Sea2City babafitiye ibibwana b’Imbwa zikunze cyane zo mu Bwoko bwa Germany Shepherd
Ibiryo by’Imbwa byo muri Sea2City bifite intungamubiri zituma imbwa ibyibuha mu gihe gito

You Might Also Like

Kaizen Hotel yashyize igorora abakiliya bayo ba siporo na sauna Massage

Iduka Sea2City ryongeye kudabagiza abatunze inyamaswa zibana n’abantu ku bikoresho byazo

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterol byongeye gutumbagira

Marchal Real Estate Developers yashyize igorora abakundana ku munsi wa St Valentin

Tic Tac Restaurant & Lounge yahembwe nka Fast Food nziza y’umwaka muri SEA 2024

Nsanzabera Jean Paul November 7, 2024 November 7, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Amatariki ikipe ya Cristiano Ronaldo izesuriraniraho n’iya Leo Messi yamaze gutangazwa!

December 13, 2023
Imyidagaduro

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

May 10, 2025
Andi makuru

Rubavu :Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yitabiriye umuhango wo gushyingura 13 bahitanywe n’ibiza

May 4, 2023
Imyidagaduro

Nyuma y’igihe kirekire bataruhuka Riderman na Bull Dogg bijeje igitaramo cya amateka abakunzi ba Hip Hop

August 20, 2024
Imyidagaduro

Mr kagame azataramira abazitabira ibirori bya Karisimbi Summer Festival2023 i Rubavu

June 21, 2023
Imikino

U Rwanda na UCI byatangije ibikorwa byo gutegura Shampiyona y’Isi y’Amagare mu 2025

September 21, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?