Mu gihe abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga benshi basigaye batunze inyamwaswa zibana n’abantu nk’Imbwa .Injangwei ni zindi nyinshi zitandukanye bakomereje kuba benshi kuri ubu bashyizwe aheza n’iduka rya mbere mu Rwanda ricucurza ibiryo by’izo nyamanswa ryafunguye imiryango yaryo mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali ryitwa Sea2City
Sea2City n’iduka rifite umwihariko wo gucuruza ibintu bitandukanye birimo ibiryo by’imbwa n’injangwe ndetse n’ibindi bikoresho bitandukanye bituma imbwa yawe cyangwa ipusi yawe iba mu buzima bwiza
Iri duka rifite umwihariko wo gutumiza ibiryo by’imbwa mu butaliyani.Ubudage ndetse no muri Kenya ku buryo iyo uyigaburiye ibyo byo kurya biturutse muri Sea2City mu cyumweru kimwe iba yatangiye kubyibuha ndetse wayireba ukabona ko ishimishije.
Iri guriro ryiswe Sea2City riherereye mu mujyi wa Kigali, Rwandex, ahateganye n’Akagera Motors, ubu nibo ba mbere muri Kigali bafite ibiryo byiza by’inyamaswa zibana n’abantu kuko abamaze kuhahahira bishimiye ko ibiryo byaho bifite ubuziranenge kandi ari byiza cyane ku nyamaswa zabo .
Iri duka rya Sea2City, harimo ibyo kurya by’inyamaswa zose zibana n’abantu by’umwihariko ibiryo by’imbwa nibyo abantu benshi bari guhaha kubwinshi hamwe na Cage (Utuzu tw’imbwa) aho ubishatse banagusanga murugo bakakubakira cage nziza igezweho.
Uretse ibiryo by’imbwa n’utuzu tw’imbwa, muri Sea2City, usangamo ibiryo by’injangwe, ibiroso byo gusokoza injangwe n’imbwa,ibikinisho by’injangwe, udukoresho tuzoza, udukoresho duca inzara nibindi byose bijyanye na (Pets Store animals)
nyuma y’ibyo bikoresho ndetse n’ibiryo by’Imba muri Sea2City kandi babafitiye ibibwana by’Imbwa zikunzwe cyane nka Germany Sherpherd n’Ubundi bwoko bwiza ibakurira ku mugabane w’Iburayi
Uretse gucuruza ibiryo by’izi Nyamaswa zibana n’abantu, muri Sea2City bacuruza n’ama Aquarium abantu bataka mu nzu ndetse bakaba bafite umwihariko ko bashobora kukubakira Aquarium yaba mu rugo iwawe cyangwa se n’ahandi waba ushaka kuyishyira nko muri Hotel, Restaurant n’ahandi.
Uramutse ukeneye ibindi bisobanuro ushobora guhamagara izi numero +250 788 223 064 +250 788 641 109 cyangwa se ukabandikira kuri instagram ariyo : sea2city999 udakeneye kuyoboza ni Rwandex ku muhanda KN 3 Road ahateganye na Atelier du vin









