SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: FIA yateye utwatsi ibyo guhagarika inama yayo mu Rwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > FIA yateye utwatsi ibyo guhagarika inama yayo mu Rwanda
Imikino

FIA yateye utwatsi ibyo guhagarika inama yayo mu Rwanda

Muhire Jimmy
Last updated: 2024/10/14 at 11:51 AM
Muhire Jimmy
Share
1 Min Read
SHARE

Ishyirahamwe ry’Umukino w’Imodoka ku Isi (FIA) ryatangaje ko riri mu biganiro na Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda ku buryo icyorezo cya Marburg kitazahagarika ibikorwa izakorera mu Rwanda.

Tariki ya 13 Ukuboza 2024 ni bwo hateganyijwe inama ya FIA izabera mu Rwanda, ndetse si ibi gusa kuko iri shyirahamwe rizakora n’ibindi bikorwa birimo no gutanga ibihembo ku bitwaye neza muri Shampiyona zikomeye zirimo na Formula 1, ndetse bigahurirana no kwizihiza imyaka 120 FIA imaze itangiye.

Umuvugizi wa FIA, yatangaje ko kugeza ubu gahunda y’iyi nama n’ibirori byo gutanga ibihembo biteganyijwe kuzabera i Kigali bigikomeje.

Ati “Turi gukurikiranira hafi uko ibintu bihagaze ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda. Kugeza ubu turakomeje nk’uko twabiteguye.”

Mu kiganiro Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana aherutse kugirana n’itangazamakuru, yavuze ko nubwo mu Rwanda hamaze kugaragara icyorezo giterwa na virusi ya Marburg, ibikorwa bitandukanye birimo n’inama bizakomeza uko byapanzwe.

Ati “Hari inama ziri kuba n’izitenganyijwe kuba, Iki cyorezo turi kukigenzura abantu bari kuza mu Rwanda kwitabira inama. Hari ingamba zafashwe mu gukurikirana abanduye iyi ndwara no kugenzura, Ntabwo tubona impamvu yo kwirinda ingendo cyangwa guhagarika inama.”

You Might Also Like

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

APR BBC yongeye itsindirwa mu maso ya Perezida Kagame na MBB South Africa 98-88

Muhire Jimmy October 14, 2024 October 14, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Canal + yashyize hanze urutonde rwa Filime Nyarwanda zizerekanwa kuri Zacu Tv harimo na Seburikoko

September 8, 2023
Andi makuru

Abana b’impanga bari bavutse bafatanye bitabye Imana

September 19, 2023
Imikino

Nyuma y’imikino 8 itabona intsinzi, ikipe ya As Kigali yatsinze Rayon Sports

December 10, 2023
Andi makuru

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yitabye Imana

March 3, 2025
Imikino

Atlético de Madrid ibaye ikipe ya 4 igiye gukorana na Visit Rwanda

April 30, 2025
Imyidagaduro

Itorero Ishyaka ry’Intore ryijeje abazitabira igitaramo Indirirarugamba ko bazataha banyuzwe

January 22, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?