SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Domitien Ndayizeye yagizwe intumwa yihariye ya OIF muri Haiti
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Domitien Ndayizeye yagizwe intumwa yihariye ya OIF muri Haiti
Andi makuru

Domitien Ndayizeye yagizwe intumwa yihariye ya OIF muri Haiti

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/10/08 at 9:27 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagennye Domitien Ndayizeye, wabaye Perezida w’u Burundi, nk’intumwa ye idasanzwe, ishinzwe gukurikirana ibibera muri Haïti.

Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Mbere. OIF yavuze ko ishyirwaho ry’iyi ntumwa idasanzwe riri muri gahunda y’uyu muryango wo gufasha Haïti kongera kugira ituze.

Muri izi nshingano, Domitien Ndayizeye azakorana bya hafi n’ubuyobozi buriho muri Haiti ndetse n’indi miryango yose bireba.

Mu bishimiye izi nshingano nshya za Domitien Ndayizeye harimo na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye wamwifurije akazi neza.

Ati “Guhabwa inshingano kwa Domitien Ndayizeye wari Perezida w’u Burundi nk’intumwa yihariye ya Louise Mushikiwabo, ishinzwe gukurikirana ibibera muri Haiti, byampaye amahirwe yo kumushimira. Ubwenge bw’uyu mwana w’igihugu buzamufashe gusohoza neza inshingano.”

Domitien Ndayizeye yabaye Perezida w’u Burundi kuva mu 2003 kugeza mu 2005.

Nyuma yo gusoza inshingano ze, Ndayizeye asigaye akora ubucuruzi butandukanye. Gusa yakomeje no kuba hafi ya politiki, kuko mu biganiro byahuje Abarundi nyuma y’umwaka wa 2015, yabigizemo uruhare nk’umujyanama wa Benjamin Mkapa wari umuhuza.

You Might Also Like

Minisitiri Nduhungirehe yitabiriye inama yiga ku bufatanye bwa EU-AU I Buruseli

Augustin Patata Ponyo wabaye Minisitiri wa RDC yakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato

Perezida Samia Suluhu yabitswe n’imbuga nkoranyambaga za X ya Polisi ya Tanzaniya

Ubuyobozi n’abakozi b’Inzozi Lotto basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali (Amafoto)

Papa Leon XIV yakiriye Perezida Zelensky i Vatikani

Nsanzabera Jean Paul October 8, 2024 October 8, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Christopher yibutse umubyeyi umaze imyaka itatu yitabye Imana

January 22, 2024
Imyidagaduro

Urupfu rwa Pastor Niyonshuti Theogéne rwashenguye benshi mu Rwanda

June 23, 2023
Imyidagaduro

Tecno na MTN byashyize kw’Isoko telefone nshya ya Tecno Camon 40 (Amafoto)

March 28, 2025
Andi makuru

Twagize intare ziyobowe n’Intare: Perezida Kagame

June 26, 2024
Imyidagaduro

Burna Boy yatamajwe n’agatama ku rubyiniro mu gitaramo yakoreye I Kosovo

July 29, 2024
Andi makuru

Munyakazi Sadate yongeye gucyeza inkotanyi zatumye yongera kwiyubaka akaba uwo ariwe ubu

April 30, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?