SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Juno Kizigenza yakomoje kudatumirwa kwe mu bitaramo bikomeye mu Rwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Juno Kizigenza yakomoje kudatumirwa kwe mu bitaramo bikomeye mu Rwanda
Imyidagaduro

Juno Kizigenza yakomoje kudatumirwa kwe mu bitaramo bikomeye mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/10/07 at 8:55 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzi Juno Kizigenza uri mu bakunzwe mu Rwanda yatangaje ko yizerera mu buhanzi bw’umuhanzi kurenza ikindi kintu icyo ari cyo cyose, kuko uwo muhanzi ari we ufite inshingano zo gukora ukw’ashoboye kugira ngo ibihangano bye byisange ku isoko.

Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na InyaRwanda ubwo yarabajijwe impamvu ituma adatumirwa mu bitaramo. Uyu muhanzi yumvikanishije ko atizerera mu gutumirwa mu bitaramo, ahubwo kubasha gukoresha inganzo ye, ibihangano bye bikamenyekana ko aricyo ashyize imbere.

Ati “Njyewe nizerera mu buhanzi bw’umuhanzi, igihe cyose wowe ufite umuziki, wowe uba ugomba kurwana n’uwo muziki wasohoka ugakora ibintu mbese ugakora ibitangaza ku muhanda.”

“Iby’ibitaramo n’ibindi ntabwo ariyo ntumbero yanjye, icyo nitayeho ni uguha abantu ibintu, mbese ibyo mfite muri studio bikagera kuri sosiyete. Ibindi mba numva biri ku ruhande, njyewe nkora ibyo nsabwa, nkora uko nshoboye akazi kanjye neza, njyewe n’ibyo mba mpanganye nabyo.”

Juno avuga ko n’ubwo adatumirwa muri ibi bitaramo, atigeze atezuka ku ntego yihaye yo kwiyumvisha ko ibyiza biri imbere kandi ko yitaye ku kazi ke.

Muri Mutarama 2023, uyu muhanzi yashyize ku isoko album yise “Yaraje”. Ni album yihariye mu rugendo rwe rw’umuziki, kuko yayikoranye n’abahanzi bakuru mu muziki barimo Butera Knowless, King James, Bull Dogg, Riderman, Bruce Melodie, Kenny Sol n’abandi.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul October 7, 2024 October 7, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Gen (Rtd) Kabarebe yagaragaje umugambi mubisha wa Tshisekedi wamupfubanye

March 5, 2025
Imyidagaduro

Indirimbo calm down ya Rema na selena Gomes yongeye guca agahigo ko kurebwa cyane

November 3, 2023
Andi makuru

Umuyobozi wa Pan African Movement mu Rwanda yiyemeje gukangurira abanyafurika kwibohora burundu

May 22, 2025
Andi makuru

#Kwibuka29: Miss Aurore Kayibanda yibukije Abanyarwanda ko bafite umukoro wo kusa ikivi cy’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

April 7, 2023
Imyidagaduro

Miss Sonia Rolland yahishuye ko gusura urwibutso rwa Jenoside bimufasha kumenya byinshi ku mateka y’u Rwanda

January 15, 2025
Imyidagaduro

Ibyamamare Will Smith na Childish Gambino bategerejwe mu birori ‘The silver Gala’ bya Sherrie Silver

September 3, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?