SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ben Affleck yanyomoje amakuru avuga ko ari mu rukundo n’indi nkumi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ben Affleck yanyomoje amakuru avuga ko ari mu rukundo n’indi nkumi
Imyidagaduro

Ben Affleck yanyomoje amakuru avuga ko ari mu rukundo n’indi nkumi

Gossip Kigali
Last updated: 2024/08/28 at 3:10 PM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma y’igihe inkuru zivuga ko umukinnyi wa filime Ben Affleck ari mu rukundo rushya na Kick Kennedy nyuma y’uko umugore we Jennifer Lopez amwatse gatanya, yabihakanye.

Mu byumweru bike bishize, nibwo Jennifer Lopez yajyanye mu rukiko impapuro zaka gatanya Ben Affeck bari bamaranye imyaka ibiri, ariko nyuma y’aho inkuru zakurikiyeho ni izemezaga ko Affeck ari mu rukundo na Kick Kennedy.

Uyu mukobwa Kick Kennedy ni umwe mu bo mu muryango w’Aba-Kennedy umwe mu miryango ikomeye muri Amerika yavuyemo abanyapolitike bakomeye muri iki gihugu, ndetse John F. Kennedy yaje kuba Perezida wa 35 wa USA.

Ikinyamakuru cya Page Six nicyo cyatangaje bwa mbere ko Affeck ari mu rukundo na Kick, ndetse bakemeza ko bombi akunze gusohokana mu gace ka Beverly Hills muri Amerika.

Nyamara rero, Jen Allen ureberera inyungu za Affeck, yaje kubwira Fox News ko ibyo bavuga ari ibinyoma, ndetse na nyiri ubwite yatangarije Rolling Stone ko adakundana na Kick gusa avuga ko ari inshuti zisanzwe.

Yunzemo ko badakunze no kuvugana cyane, kuko atari inshuti cyane, ahishura ko bahuye bwa mbere mu 2020 ubwo bari mu bikorwa by’ubugiraneza byo gufasha abatishoboye.

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Gossip Kigali August 28, 2024 August 28, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Myugariro wa Arsenal Jurriën David Norman Timber ari mu Rwanda

December 14, 2023
Imikino

Amavubi arateganya imikino ya gicuti ibiri

February 28, 2024
Imyidagaduro

Danny Vumbi yahishuye igituma atava mu muziki kugeza ubu

August 20, 2024
Imyidagaduro

Bruce Melodie yatumiwe na Harmonize mu gitaramo azakorera i Londre

April 1, 2023
Andi makuru

Abanyeshuri biga mu ishuri rya gisirikare muri Qatar basuye u Rwanda

May 24, 2023
Andi makuru

RIB yataye muri yombi Ntazinda Erasme wari Meya wa Nyanza

April 16, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?