SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bien Aimé yageze i Kigali yakirwa na Bruce Melodie n’Ubuyobozi bwa 1:55 AM
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bien Aimé yageze i Kigali yakirwa na Bruce Melodie n’Ubuyobozi bwa 1:55 AM
Imyidagaduro

Bien Aimé yageze i Kigali yakirwa na Bruce Melodie n’Ubuyobozi bwa 1:55 AM

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/08/27 at 4:24 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE
Bien-Aimé Baraza umwe mu banyamuziki bari bagize itsinda rya Sauti Sol ryagwije ibigwi mu Isi, yageze mu Rwanda aho aje mu ifatwa ry’amashusho y’indirimbo na Itahiwacu Bruce [Bruce Melodie].
Kuri uyu wa 27 Kanama 2024 Bien Aime yakiriwe ku kibuga cy’indege na Bruce Melodie aho aje mu bikorwa byo gufata amashusho y’indirimbo aba bombi bafitanye.

Mu kiganiro n’itangazamakuru Bien Aime yavuze ko bombi bafitanye indirimbo irenze imwe.

Ati”Njyewe na Bruce Melodie ntabwo dufitanye indirimbo imwe dufitanye indirimbo nyinshi ahubwo n’ejo dushobora gufata umwanzuro wo gufatira indi amashusho.”

Yongeraho ati”Dufitanye indirimbo nyinshi njyewe na Bruce Melodie tumaze igihe duhanga kandi twembi turi abahanzi bafite umuhate wo gukora.”

Agaruka ku ndirimbo bombi bitegura gushyira hanze yagize ati”Ntabwo wari umwanzuro ugoye kuba twafata kugira ngo dukorane indirimbo iyi ndirimbo ni nziza kandi ndumva mfitiye amashyushyu kuyisangiza abanya Kenya n’abanyarwanda ngo ibaryohere.”

Yagarutse ku kuba mu bihe bitandukanye yaragiye yifuza kuba yakorana n’umunyarwanda akomoza ku mbogamizi yagiye agira.

Ati”Bivuze buri kimwe ntabwo nigeze ngira amahirwe yo gukorana n’umuhanzi w’umunyarwanda mbere kubera impamvu zinyuranye rimwe kubera ko narindi mu itsinda [Sauti Sol], ubundi bikagorana.”

Aha niho yahereye avuga ibigwi Bruce Melodie kandi ko yishimiye kuba barakoranye.

Ati”Ariko noneho nagize amahirwe yo gukorana numwe [Bruce Melodie] w’igitangaza ufite impano idasanzwe uyu mugabo yamaze kuba mpuzamahanga kandi nzineza ko bizagenda neza.”

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul August 27, 2024 August 27, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruImyidagaduro

Alyn Sano yishimiwe nabitabiriye iserukiramuco rya Vic Falls Carnival’ryabereye muri Zambia

May 5, 2023
Imyidagaduro

Urubanza rwa Prince Kid rwagombaga kuba uyu munsi rwimuwe

March 9, 2023
Andi makuru

U Rwanda rwongeye gutangariza umuryango w’ubumwe bw’Uburayi ko rutazakomeza kwikorerzwa ibibazo bya RDC

March 11, 2025

Ibya Bahavu na Ndoli Safaris byabaye agatereranzamba

April 18, 2023
Imyidagaduro

Miss Tina Uwase na Murumuna we bahaye ababyeyi babo impano y’ inzu n’Imodoka

December 19, 2023
KwamamazaUbukungu

Uruganda rwa Skol rwahaye Ferwacy Impano zirimo ibikoresho n’amagare (Amafoto)

December 22, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?