SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kigali Comedy Club ije ari igisubizo ku bakunzi b’urwenya muri Kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Kigali Comedy Club ije ari igisubizo ku bakunzi b’urwenya muri Kigali
Imyidagaduro

Kigali Comedy Club ije ari igisubizo ku bakunzi b’urwenya muri Kigali

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/08/21 at 9:26 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umunyarwenya Babu Joe ni umwe mu batangije ibitaramo ngaruka cyumweru by’urwenya byiswe “Kigali Comedy Club” bizibanda ku bakoresha n’abumva ururimi rw’icyongereza.

Ibi bitaramo bishyize imbere intego zo kuzamura abanyempano bakiri bato bifuza kwagura impano yabo y’urwenya bakimenyereza kurukora no mu rurimi rw’icyongereza.

Babu aherutse  gutangariza  kimwe mu binyamakuru bikorera hano  mu Rwanda ko  iki gitekerezo yakigize nyuma yo kuganira n’umwe mu banyarwenya bo muri Kenya amubaza niba yabona abanyarwenya bakiri bato bo mu Rwanda yajya yifashisha mu bitaramo bye i Nairobi.

Ibi byatumye Babu abona ko mu Rwanda nta kiragano gishya gihari cy’abanyarwenya babasha gutera urwenya mu cyongereza nyuma ye, Arthur Nkusi, Hervé Kimenyi, Michael Sengazi na Japhet Mazimpaka .

Ati “Hari umunyarwenya wo muri Kenya yitwa Eric ategura ibitaramo bya Punchline Comedy Club twaraganireye ambaza niba hari abanyarwenya bakoresha icyongereza najya mwoherereza nawe akagira abo anyohereza.”

“Nararebye ndikanga nasanze nta bashya bahari kandi hari abanyarwenya bifuza kwagura impano yabo bagatera urwenya mu cyongereza kuburyo byaborohera guserukira igihugu naratekereje nsanga nta bundi buryo twababona uretse muri iyi gahunda twatangije.”

Iki gikorwa cya Kigali Comedy Club kizajya kiba buri wa kane w’icyumweru mu nyubako ya Ishusho hafi ya Sainte Famille, kwinjira ni ibihumbi 10Frw.

Kuri uyu wa 22 Kanama 2024 hazakora abanyarwenya barimo Babu Joe, Zinzi, Joeph, Prince, George na Herve Kimenyi.

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul August 21, 2024 August 21, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Gatera Moussa ashobora kwirukanwa muri Gorilla FC

February 18, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yatangiye urugendo rw’akazi muri Kazakhstan

May 28, 2025
Imyidagaduro

Bwiza agiye gutaramira i Burayi mu gitaramo azahuriramo na Riderman na Christopher i Lyon

March 17, 2023
Imikino

Mr Kagame yateguje alubumu ye ya kabiri yise amakashi

July 27, 2024
Andi makuru

Perezida Macky Sall yashimiye Bassirou Diomaye Faye ushobora kumusimbura ku butegetsi

March 26, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yasabye Abaminisitiri bashya kwisuzuma ku giti cyabo

August 19, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?