SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Imbamutima z’Umuramyi Jeanne Dufashwanayo wizihije isabukuru y’amavuko
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Iyobokamana > Imbamutima z’Umuramyi Jeanne Dufashwanayo wizihije isabukuru y’amavuko
Andi makuruIyobokamana

Imbamutima z’Umuramyi Jeanne Dufashwanayo wizihije isabukuru y’amavuko

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/08/13 at 2:13 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuramyi Dufashwanayo  Jeanne uri mubari kuzamuka  neza mu bahanzi baririmba indirimbo zo  kuramya no  guhimbaza muri  iyi  minsi  arishimira kuba yizihije isabukuru  y’amavuko ari gukora umurimo wo kuramya no guhimbaza  nkuko yakuze abifite  mu Nzozi  ze .

Uyu  muramyi uvuka mu muryango w’abana batandatu  mu karere ka Nyamasheke  ku  tariki nkiyi mu mwaka yirize  kudutangariza  yavuze ko byari ibyishimo mu muryango ubwo yari  ageze kw’isi .

Dufashwanayo Jeanne  Wamenyekanye mu ndirimbo nka Urashoboye yatangarije  AHUPA RADIO ko  uyu  munsi ari umunsi w’amashimwe  menshi  kuri we , kuko  yabashije kunyura  mu bintu byinshi  bikomeye  cyane  mu  buzima  ariko Uwiteka akaba yarabashije  kubimutambutsamo ikindi  n’uko  yamhaye impano yo  gukomeza kumukorera aririmba indirimbo zimuhimbaza .

Jeanne  yakomeje avuga ko ashimira cyane umuryango we ndetse n abantu b’ingenzi Imana yazanye mu buzima  bwe bakomeje kumuba hafi kugeza ubwo kugeza ubu aho  nawe yavuze ko agomba gukora kazi asanzwe  akora ko gufasha abanda bantu bafite ibibazo  bitandukanye by’Uburwayi

Mu bindi yadutangarije ni uko mu nzozi akiri  muto yamaze  igihe kinini  yifuza  kuzakora  indirimbo ariko  akajya agenda ahura n’imbogamizi  nyinshi cyane ariko  Imana  yamusubirije igihe ubu  ni umuramyi  uri  mu bakunzwe cyane .

Mu  gusoza uyu  muramyi  mu gusoza  yasabye  abakunzi be ko bakomeza kmuba hafi muri uyu  murimo akora wo kuramya no guhimbaza  bamugira inama ndetse banamukosora  aho babona ibintu bitagenda neza barushaho  kumusengera cyane .

Dufashwanayo  yijeje abakunzi be  kandi ko nyuma yo gushyira  hanze  indirimbo Urashoboye ko ubu ari muri studio aho ateganya  gushyira hanze  indi ndirimbo nshya mu minsi ya vuba .

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul August 13, 2024 August 13, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

M23 yafunze ikibuga mpuzamahanga cya Goma

January 26, 2025
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Umwami Mswati III

August 13, 2024
Imyidagaduro

Mu marira menshi Bushali yaherekeje umubyeyi we bwa nyuma

January 17, 2025
Imikino

Nyuma yo kunyagirwa 5-1 na Young Africans Robertinho yatandukanye na Simba SC

November 7, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yasuye abaturage bahuye n’ibiza i Rubavu (Amafoto)

May 12, 2023
Imyidagaduro

Urubanza rwa Prince Kid rwagombaga kuba uyu munsi rwimuwe

March 9, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?