SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Chley yishimiye kuba agiye gutaramira abanyarwanda akigera I kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Umuhanzi Chley yishimiye kuba agiye gutaramira abanyarwanda akigera I kigali
Andi makuru

Umuhanzi Chley yishimiye kuba agiye gutaramira abanyarwanda akigera I kigali

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/08/09 at 9:36 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi ukomoka muri Afurika y’Epfo Chley wamenyekanye mu ndirimbo Komasava yakoranye na Diamond Platnumz, Jason Derulo na Khalil Harisson, yageze i Kigali mu ijoro ryakeye.

Chley yageze mu Rwanda ari kumwe na Sthibo usanzwe ari producer akaba n’umuhanzi, aho baje mu gitaramo cyizaba ku wa 10 Kanama 2024 muri Kigali Universe, aho ari kimwe mu bitaramo bizenguruka Isi bise International Tour.

Siphesihle Nkosi uzwi nka Chley, yatangaje ko ari ubwa mbere ageze i Kigali, gusa ko yiteguye gusabana n’abafana be ndetse n’abakunzi b’umuziki.

Agaruka ku ndirimbo Komasava, yavuze ko bose batunguwe no kubona yarageze ku rwego yagezeho, kandi ngo yakunze uburyo abahanzi bakomeye nka Chris Brown bayibyinnye.

Yavuze ko gukorana na Diamond bitagoranye kuko basanzwe ari inshuti cyane, ndetse ko amufata nk’umuvandimwe we bityo ko byari ibintu byoroshye gukorana.

Chley na sthibo bageze mu Rwanda bakubutse i Kampla muri Uganda, aho bazakomereza muri Benin ndetse byitezwe ko bazakomeza bajya gutaramira muri Congo-Kinshasa.

You Might Also Like

Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru ry’’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano muri Algerie

Aline Gahongayire yijeje abo mu Bubiligi igitaramo cy’amashimwe

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Mugenzi we biyemeza gufungura ambasade ya Algerie mu Rwanda

Perezida Kagame yunamiye Maqam Echahid waharaniye ubwigenge bwa Algerie

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Algeria (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul August 9, 2024 August 9, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubukungu

Truth Media Ltd bishimiye kuba baratowe nka Best Printing Award 2023 Muri Service Excellence Awards

October 10, 2023
Imyidagaduro

Bishop Gafaranga yasabiwe n’urukiko gufungwa iminsi 30

May 23, 2025
Kwamamaza

The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bishimiye kwamamaza ibikorwa bya Tecno mu Rwanda (Amafoto)

May 9, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yakurikiranye imyitozo ’ikaze’ ya RDF Yiswe Exercise Hard Punch 04/2023 (Amafoto)

August 17, 2023
Utuntu n'utundi

Perezida Kagame ari mu Bufaransa mu nama yiga ku gukora inkingo

June 20, 2024
Andi makuru

Perezida Macron yatangaje byinshi ku rushyi yakubiswe n’umugore we Brigitte

May 27, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?