SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Diva Beauty Awards igiye kwongera kuba ku nshuro yayo ya 2
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Diva Beauty Awards igiye kwongera kuba ku nshuro yayo ya 2
Andi makuru

Diva Beauty Awards igiye kwongera kuba ku nshuro yayo ya 2

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/08/07 at 11:41 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Abakora akazi kajyanye no gukora ibintu by’ubwiza mu Rwanda barimo abakora za make up, abogoshi, abatunganya inzara n’abandi bagiye kongera guhabwa ibihembo mu gikorwa kigiye kuba ho ku nshuro ya kabiri cya Diva Beauty Awards.

Ku nshuro ya mbere abitabiriye iki gikorwa bagaragaje ko igihe cyari kigeze ngo bahabwe agaciro mu kazi kabo ka buri munsi cyane ko babayeho igihe kinini bitwa amazina atandukanye kubera ibyo bakora.

Babigarutseho ubwo hatangwaga “Diva Beauty Awards” ya mbere, ibihembo bigamije gushimira abakora mu gice cy’ubwiza, no gukomeza kumenyekanisha ababikora no kuzamura ubunyamwuga bwabo.

Niyikiza Olvier usanzwe akora akazi ko gutunganya ingohe z’abagore watangije  ibi bihembo,akaba n’Umuyobozi Mukuru  wa  Diva  Beauty  yavuze ko nk’umuntu umaze igihe mu kazi ko gutunganya yagiye ahura n’ibibazo bitandukanye birimo kuba we na bagenzi be badahabwa agaciro ahitamo gutangiza ibi ibihembo.

Ati “Njye nakuze mbona ukuntu ibintu bikorwa ariko ni njye wabashije gukora nkamenyekana cyane. Ariko ntabwo byari ibintu byoroshye cyane ko aka kazi gasaba kwihangana cyane kuko habamo imbogamizi nyinshi.”

Abandi batandukanye bagiye bavuga ko bamaze imyaka myinshi ibikorwa byabo bidahabwa agaciro ngo bihabwe ibihembo, kuri iyi nshuro bakaba batangiye kwishimira ko hari ababonye ko ibyo bakora bikwiriye gushimwa.

Mu bihembo byatanzwe ku nshuro ya mbere harimo icya Best Lash Artist [Utunganya neza ibitsike n’ingohe kurusha abandi] cyegukanywe n’uwitwa Shaggy, Best Make Up Artist yabaye Trendy Shadow mu gihe Ukora Imisatsi Neza [Best Hair Artist] yabaye uwitwa Eugene Hairstyle.

Utunganya Inzara neza [Best Nail Artist] yabaye uwitwa Isaiah Nails, Ahakorerwa ibikorwa bya Massage heza [Best Waxing, Massage & Facial] habaye muri Alcobra Dubai, Ukora Tatoo Neza [Best Tattoo artist] yabaye Shema Tatoo, umwogoshi mwiza [Best Barber] aba Wamunigga umaze kwamamara mu kogosha ibyamamare mu gihe Saloon nziza [Best Hair Saloon] yabaye Kigali Clipper Zone.

Uwitwa Batman yahize abandi bari bahatanye muri ibi bihembo kubera ko ari we watowe cyane kurusha bagenzi be.

Iki gikorwa ku nshuro ya kabiri biteganyijwe ko kizaba mu mpera z’ukwezi kwa Ukwakira (10). Magingo aya hakaba hagezweho igikorwa cyo kwandika abazahatana muri buri cyiciro.

 

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul August 7, 2024 August 7, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Papa Francis yagaragaye mu ruhame nyuma yo kuva mu bitaro

March 24, 2025
Imyidagaduro

Gabiro Guitar yateguye ibitaramo yise “‘Gabiro Guitar Live Experience)

January 11, 2024
Imyidagaduro

Bimwe mu bikoresho byakoreshejwe muri Filime zakunzwe harimo na Titanic bigeye gutezwa cyamunara

October 3, 2023
Ubukungu

Ibigo byatanze serivise nziza muri 2023 byahembwe mu bihembo bya Consumers Choice Awards( Amafoto)

April 6, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Qatar

February 12, 2025
Andi makuru

Perezida Kagame yashimangiye ko AI ari ingenzi mu iterambere ry’Afurika

April 3, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?