SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Eddie Kenzo agiye guhindura idini mu gihe ubukwe bwe na Phiona Nyamutooro bwegereje
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Eddie Kenzo agiye guhindura idini mu gihe ubukwe bwe na Phiona Nyamutooro bwegereje
Imyidagaduro

Eddie Kenzo agiye guhindura idini mu gihe ubukwe bwe na Phiona Nyamutooro bwegereje

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/08/05 at 5:05 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi wo mu gihgu cya  Uganda Eddie  Kamoso  biravugwa ko yaba  agiye guhindura idini akaba  umukirisitu  nyuma yo kubisabwa n’ababyeyi b’Umukunzi  we  Phiona  Nyamutooro

Uyu muhanzi  yatangaje  ko ubukwe bwe   Phiona Nyamutooro bwegereje, kandi amakuru avuga ko buzaba mbere y’uko uyu mwaka urangira.

Amakuru aturuka mu bantu be ba hafi avuga  uyu muhanzi  agaomba guhindura idino akaba umukiristu nkuko yabisanzwe  n’ababyeyi b’umukunzi  we

Bikomeje kuvugwa ko  Eddie kKenzo ubusanzwe wakuriye mu muryango w’abayisilamu  ubu ari gushaka  izina  rya gikristu mbere y’uko  asezerana n’uyu  Minisitiri w’ingufu n’amabuye y’agaciro  Phiona Nyamutooro

Mu mpera z’icyumweru gishize  nibwo uyu  mugore  w’ikimero  gitangaje yatangaje  ko w ‘umukunzi we  bamaze imyaka  irenga itanu  bakundana  kandi bafitanye n’umwana

Mu minsi ishize nibwo uyu  mugore  yagiye kwerekana  umukunzi we  Eddie  Kenzo mu muryango we  umuhango witairiwe na bamwe mu bayobozi  bakomeye ba Uganda .

 

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul August 5, 2024 August 5, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Ange Kagame yahawe imirimo mu biro bya Perezida

August 2, 2023
Imyidagaduro

Umuraperi Snoop dogg yatunguye benshi atangaza ko yaretse urumogi

November 17, 2023
Imyidagaduro

P Diddy yahejwe mu birori bya Grammy Awards 2024

January 15, 2024
Imyidagaduro

Maitre Dodian nyuma y’igihe kinini yashyize hanze indirimbo 2 nshya icyarimwe (Video )

July 27, 2024
Imyidagaduro

Davido yakoze igitaramo cy’amateka kitabirwa n’abarenga ibihumbi 50

April 25, 2023
Imyidagaduro

Miss Uwihirwe Yasipi Casmir yasabwe n’umukunzi we

March 31, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?