Umuhanzi wo mu gihgu cya Uganda Eddie Kamoso biravugwa ko yaba agiye guhindura idini akaba umukirisitu nyuma yo kubisabwa n’ababyeyi b’Umukunzi we Phiona Nyamutooro
Uyu muhanzi yatangaje ko ubukwe bwe Phiona Nyamutooro bwegereje, kandi amakuru avuga ko buzaba mbere y’uko uyu mwaka urangira.
Amakuru aturuka mu bantu be ba hafi avuga uyu muhanzi agaomba guhindura idino akaba umukiristu nkuko yabisanzwe n’ababyeyi b’umukunzi we
Bikomeje kuvugwa ko Eddie kKenzo ubusanzwe wakuriye mu muryango w’abayisilamu ubu ari gushaka izina rya gikristu mbere y’uko asezerana n’uyu Minisitiri w’ingufu n’amabuye y’agaciro Phiona Nyamutooro
Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo uyu mugore w’ikimero gitangaje yatangaje ko w ‘umukunzi we bamaze imyaka irenga itanu bakundana kandi bafitanye n’umwana
Mu minsi ishize nibwo uyu mugore yagiye kwerekana umukunzi we Eddie Kenzo mu muryango we umuhango witairiwe na bamwe mu bayobozi bakomeye ba Uganda .