SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Joe Boy yakoreye igitaramo cy’amateka I Kampala
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Joe Boy yakoreye igitaramo cy’amateka I Kampala
Imyidagaduro

Joe Boy yakoreye igitaramo cy’amateka I Kampala

Gossip Kigali
Last updated: 2024/07/29 at 9:48 PM
Gossip Kigali
Share
2 Min Read
SHARE

 Umuhanzi yanyuze imitima y’ibihumbi by’abafana be bitabiriye igitaramo yakoreye Lugogo Hockey Grounds mu ijoro rishyira ku Cyumweru.

Mu rukerera rwo ku wa Gatanu, umuhanzi Joseph Akinwale wamamaye mu muziki nka Joe Boy yageze i Kampala muri Uganda ku nshuro ye ya kabiri ubwo yari yitabiirye igitaramo cyabereye Lugogo Hockey Grounds.

Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru ku wa Gatanu, Joe Boy yavuze ko yishimiye gutaramira muri Uganda kandi ko yizeye adashidikanya ko azatanga ibyishimo ku bantu bazaza kwifatanya nawe mu gitaramo cye.

Ku wa Gatandatu, abantu barakubise baruzura mu kibuga cya Lugogo Hockey hanyuma babanza kuryoherwa n’abavanga imiziki muri Uganda barimo bahatanira gushimisha abantu.

Mbere y’uko Joe Boy agera ku rubyiniro, abavanga imiziki babiri aribo EM That Guy na Eyo Mackus babanje guhatana ubwabo bacurangira abantu aho igihembo nyamukuru cyari itike y’indege ya Uganda Airlines y’ubuntu ahantu aho ariho hose uwatsinze yakwifuza kujya.

Nyuma yo guhatana, Joe Boy yageze ku rubyiniro ahagana Saa Sita hanyuma anezeza ibihumbi by’abafana be bari bamutegerezanyije amatsiko cyane ko atari inshuro ya mbere yari ahataramiye ndetse biza kuba akarusho ubwo Baraka yatunguranaga akamusanga ku rubyiniro.

Joe Boy yaririmbye indirimbo ze zirimo, “Beginning,” “Show Me,” “Wetin Be Love,” “Cubana,” “Likkle Riddim,” “Duffel Bag,” “Contour,” “Baby,” “Call,” “Don’t Call Me Back,” “Focus,” “Lonely,” “Osadebe,” na “All for You.”.Joe Boy perfoming at the Lavida Rave at Lugogo Hockey grounds. Photo by Ignatius Kamya

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Gossip Kigali July 29, 2024 July 29, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Butera Knowless yakiranywe urugwiro n’abanyarwanda baba i Kampala

December 10, 2024
Imyidagaduro

Iserukiramuco rya Iwacu na Muzika nyuma y’imyaka isaga itatu rigarukanye n’abaterankunga bashya barimo Inyange na Mtn Rwanda

September 7, 2023
Andi makuru

Guverinoma ya Burkina Faso yahagaritse Jeune Afrique

September 27, 2023
Andi makuru

#Kwibuka 29 : Nyanza ya Kicukiro hibutswe Abatutsi barenga 3000 basinzwe muri Eto n’Ingabo za ONU

April 12, 2023
Andi makuru

Urukiko rwahagaritse icyemezo cya Guverinoma cyo gutiza ikibuga cy’indege

September 11, 2024
Imyidagaduro

Anthony Ricco wari mu banyamategeko ba P Diddy yikuye mu Rubanza

February 22, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?