SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Maitre Dodian nyuma y’igihe kinini yashyize hanze indirimbo 2 nshya icyarimwe (Video )
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Maitre Dodian nyuma y’igihe kinini yashyize hanze indirimbo 2 nshya icyarimwe (Video )
Imyidagaduro

Maitre Dodian nyuma y’igihe kinini yashyize hanze indirimbo 2 nshya icyarimwe (Video )

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/07/27 at 3:42 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Ngarukiyintwali  Jean De  Dieu wamenyekanye nka  Maitre  Dodian  nyuma y’igihe  kinini yariyeguriye umuziki wa Live  yasubiye  muri Studio  ku busabe  bw’abakunzi  be  ashyira hanze  Indirimbo ebyiri  nshya  arizo Ndabisengera na  Nyemerera  .

Uyu musore wamenyekanye  mu ndirimbo nka Narabyemerewe ,Isoni  n’izindi  ziakunzwe cyane  mu myaka  ishize  yatuganiriye impamvu ataherukaga gushyira  indirimbo hanze  mu myaka ibiri ishize .

Dodian yatangarije Ahupa Radio  ko umuziki atigeze awureka ahubwo yo  yari yarafashe inzira  yo gukora  live  muri band mu rwego rwo kuzamura  ubuhanga bwe ibintu we adafata nko kureka umuziki kuko nubundi yarahari kandi yishimira urwego agezeho kuko  ubu indirimbo  ashobora  kuzikora mu buryo bw’imbona nkubone atarinze kuziririmbira kuri machine gusa .

Tumubajie  imvano y’izo ndirimbo zombi zumvikana ko ari izu Rukundo  Maitre  Dodian yatubwiye ko indirimbo  Ndabisengera  ari indirimbo ivuga  ku Rukundo  rw’umuhungu n’umukobwa bakundanaga ariko umwe  ari kure y’undi bakajya bagira imbogamizi zo kuvugana kenshi . umuhugu we akajya ahora asaba Imana ngo izongere ibahuze  urukundo rwabo rurusheho  kuryoha  akaba ariyo mpamvu yayise  kuriya  kuko ari ibintu  biba ku bantu benshi bakundana  batari kumwe  iteka bicara basaba Imana  kongera kubahuza .

Ku ndirimbo Nyemerera nayo n’iyu  Rukundo  rw’iki gihe  aho abasore b’iki gihe basigaye bakunda gutereta abakobwa ariko ugasanga  abakobwa  batinya  kubemerera urukundo ako  kanya kubera agahinda baba  barahuye nako  mu Rukundo  ariko  we yayikoze asaba umukobwa ko yamwemerera  urukundo kuko we yifuza ko bakundana akaramata kandi urukundo ruzira uburyarya .

Mu gusoza  Maitre Dodian yongeye gusoma abakunzi be  ko bakomeza kumushyigikira bajya ku mbuga nkoranyambaga se  bakamukurikira  kandi nawe arabizeza ko ubu  nta gihe azongera gushyiramo ngo atinde  kubaha  indirimbo nziza .Indirimbo  Ndabisengera  mu buryo  bw’amajwi  yakozwe na Logic Pro  inonosorwa na Bob Pro  naho amashusho  atunganywa na AB Godwin, mu gihe  nyemerera  yo yakozwe na Evydecks na  Bob Pro  nayo amashusho atunganywa na AB Godwin

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul July 27, 2024 July 27, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Augustin Patata Ponyo wabaye Minisitiri wa RDC yakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato

May 21, 2025
Imyidagaduro

Shaddy Boo yatatse umusore mushya bari mu Rukundo

May 23, 2024
Imyidagaduro

Okkama n’umukunzi we bibarutse umwana wa kabiri

February 11, 2025
Imyidagaduro

West nyiri El Classico Beach aranyomoza amakuru ari kugenda avugwa ko atazongera gutegura ibitaramo .

May 31, 2023
Imikino

Christiano yahishyuye ko azareka umupira w’amaguru burundu nawusezeraho

August 28, 2024
Imyidagaduro

Niragire Marie France yatorewe kuyobora Rwanda Film Federation

October 19, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?