SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bruce Melodie yanyuzwe nibyakozwe na The Ben ku ndirimbo ye Sowe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bruce Melodie yanyuzwe nibyakozwe na The Ben ku ndirimbo ye Sowe
Imyidagaduro

Bruce Melodie yanyuzwe nibyakozwe na The Ben ku ndirimbo ye Sowe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/07/25 at 6:47 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Bruce Melodie yashimiye The Ben wifashishije indirimbo ye ‘Sowe’ mu mashusho yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga.

Ubwo yari mu kiganiro kuri Televiziyo y’u Rwanda, yabajijwe uko yakiriye igikorwa The Ben yakoze.

Bruce Melodie yavuze ko “Nabyakiriye neza kuba yashyize indirimbo yanjye mu mashusho ye akayasangiza abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, ni urukundo yagaragaje kandi Imana imuhe umugisha.”

Bruce Melodie yavuze ko igikorwa mugenzi we yakoze ari cyiza cyagakozwe n’umuhanzi mukuru uwo ariwe wese ariko nanone yibutsa ko atari itegeko.

Ibi bibaye mu gihe hari hashize igihe bivugwa ko hari umwuka mubi uri hagati y’aba bahanzi bombi.

Muri Gicurasi 2024 nibwo Bruce Melodie wari umaze igihe yatsa umuriro kuri The Ben yavuze ko atazongera kumuvugaho, ahamya ko ari icyemezo yafashe nyuma y’uko asanze hari ibyo avuga azi ko ari gutebya bikarangira bifashwe nabi.

Bruce Melodie yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abakurikira umuziki nyarwanda ku rubuga rwa X, aho uyu muhanzi yasubije ibibazo byinshi yabajijwe birimo n’ibigaruka kuri The Ben bivugwa ko badacana uwaka.

Muri iki kiganiro Bruce Melodie yavuze ko adateze kongera kuvuga kuri The Ben nyuma yo kubona ko ibyo yavuze kuri uyu muhanzi mugenzi we hari bamwe babifashe nko kumwatsaho umuriro amusebya cyangwa kumushotora.

Ubwo The Ben yari abajijwe nawe ku cyemezo cya Bruce Melodie mu minsi ishize yagize ati “Ntacyo nabivugaho!”

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul July 25, 2024 July 25, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Lionnel Messi n’umugore we ndetse n’inshuti zabo bari mu bihe byiza I Miami

July 23, 2024
Imyidagaduro

Sintex yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we uba muri Canada

August 24, 2023
Ubukungu

Airtel Rwanda yatangije ikoranabuhaga rya e-SIM mu Rwanda

June 19, 2023
Andi makuru

Umushumba wa Kiliziya gatolika Papa Francis yanenze umushinga wa Trump wo kwirukana abimukira

January 20, 2025
Imyidagaduro

Abakobwa b’abanyarwenya bacibwa intege n’umuco wacu : Babu Comedian

March 11, 2024
Imyidagaduro

Ayra starr yishimiye kuzahurira ku rubyiniro na Chris Brown

March 21, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?