SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Brian Avie yahishuye ko gusubiramo indirimbo Omubiri na Afrique Joe bigiye kumufungurira inzira mu Rwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Brian Avie yahishuye ko gusubiramo indirimbo Omubiri na Afrique Joe bigiye kumufungurira inzira mu Rwanda
Imyidagaduro

Brian Avie yahishuye ko gusubiramo indirimbo Omubiri na Afrique Joe bigiye kumufungurira inzira mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/07/19 at 6:40 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda Brian Baguma uzwi kw’izina rya Brian Avie yahishuye ko gusubiranamo indirimbo Omubiri na Afrique wo mu Rwanda bigiye kumufungurira inzira nziza .

Uyu muhanzi mu minsi yashize yagiye atangaza ko ahura n’ibibazo bitandukanye mu gihugu cye kugeza ubwo yashatse kureka umuziki burundu ariko agasanga byose atacika intege ahitamo  kwagurira umuziki mu bihugu byo mu karere.

Brian Avie yemeza ko gutsimbarara kwe kukuguma mu muziki bitangiye gutanga umusaruro nyuma yo kugaragaza ubuhanga budasanzwe bwo kuririmba ndetse no kwandika indirimbo byagaragaje impano ye .

Mu kiganiro na kimwe mu binyamakuru bikomeye muri Uganda yavuze ko atekereza ko gukomeza gukorera ahantu hamwe bitatuma isoko ry’umuziki we ryaguka kuko bisigaye bivugwa ko umuziki wa Uganda utakirenga imipaka akaba ariyo mpamvu yafashe inzira yo guhindura imikorere akava ku isoko ryaho akaryagurira ahandi ariyo mpamvu yahisemo gukorana na Afrique wo mu Rwanda

Brian yakomeje avuga ko urugendo rwe muri Kigali rwatanze umusaruro kandi yishimiye uburyo Afurika y’Iburasirazuba ishobora kugera ku mishinga nk’iyi y’ubufatanye.

Indirimbo Omubiri Remix yakozwe mu mezi make ashize ikorwa mu buryo bw’amajwi na Producer Nessim uri mu bakuzwe muri uganda .

Mu gihe amashusho yatunganyirijwe mu Rwanda akorwa n’umwe mu bayobozi beza mu gukora amashusho mu Rwanda Fayzo Pro

Ubusanzwe Brian Avie yamenyekanye mu ndirimbo nka Njakulinda, Kubaala, Ekyama, Nkuwadde, Sex Money, ni zindi nyinshi zagiye zikundwa muri Uganda.

 

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul July 19, 2024 July 19, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Amagare: Akagera Rhino Race iratangira kuri uyu wa 26 Ukuboza 2023!

December 25, 2023
Andi makuru

The Ben yasobanuye inshuti nziza iyo ariyo

November 19, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yashyize indabo ku rwibutso rwa Freedom Monument’ rw’abasirikare ba Latvia (Amafoto)

October 2, 2024
Andi makuru

RDC : 50 bakwekekwaho guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi basabiwe igihano cy’urupfu

August 28, 2024
Andi makuru

Indege ya Donald Trump yakoze impanuka

May 16, 2024
Imyidagaduro

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

May 29, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?