SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umunyarwenya Fred Omondi yitabye Imana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umunyarwenya Fred Omondi yitabye Imana
Imyidagaduro

Umunyarwenya Fred Omondi yitabye Imana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/06/15 at 10:25 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umunyarwenya Fred Omondi, akaba murumuna w’icyamamare mu gusetsa, Eric Omondi yitabye Imana nyuma y’impanuka yabaye ku mugoroba wo ku wa gatanu. Yaguye mu bitaro bya Mama Lucy aho yari yahise ajyanwa kwitabwaho.

Fred Omondi ari mu bazamukiye cyane mu bikorwa by’urwenya bya Churchill Show, ari naho yarushijeho kumenyekana mbere y’uko atangira nawe gukora ibitaramo bye byo gusetsa. Mu minsi ishize yatangaje ko mukuru we Eric Omondi ariwe wamuteye imbaraga zo kwinjira mu bikorwa byo gutera urwenya.

Bamwe mu banyarwenya batandukanye, babajwe n’urupfu rw’uyu musore, aho uwitwa Terence yavuze ko Omondi yamufataga nk’umuvandimwe kuko bagitye basangira urubyiniro inshuro nyinshi kandi yagize uruhare mu kuzamura umwuga we.

Ati, “Ubwo ntari mfite aho njya yaranyakiriye, ampa umwanya kandi aranyishyura, twese hamwe twagiye dutangira ibitaramo byo gusetsa dukora mu matsinda”.

Terence yatangaje atazibagirwa na rimwe ibihe byiza bagiranye mu bitaramo by’urwenya bagiye bategura mu bice bitandukanye muri Kenya kugeza ubwo bisanze basigaye batumirwa mu bitaramo bikomeye bya Churchill Show, ndetse n’ikiganiro cyabo cya mbere cy’urwenya cyatambukaga kuri televiziyo ya KTN.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul June 15, 2024 June 15, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruUbukungu

MTN Rwanda yiseguye kubo yishyuje telephone za macye macye baratazifashe

August 28, 2024
Andi makuruUbukungu

Karisimbi Events yahembye ibigo byabaye indashyikiewa mu gutanga serivise nziza muri 2023(Amafoto)

October 8, 2023
Imyidagaduro

Itorero Ishyaka ry’Intore ryijeje abazitabira igitaramo Indirirarugamba ko bazataha banyuzwe

January 22, 2025
Andi makuruUbuzima

Urubyiruko rugize itsinda rya MC Brian & Friends rwatanze Mutuelle de Sante mu Karere ka Nyanza (Amafoto)

September 13, 2023
Imyidagaduro

Cyusa Ibrahim nabo bazafatanya mu gitaramo cye bijeje abanyarwanda kuzatarama Migabo hagaca uwambaye (Amafoto)

June 5, 2024
Iyobokamana

Papa Francis  yasabye ko ubwicanyi bubera muri RDC bwahagarara

June 18, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?