SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Amafoto meza yaranze urugendo rwa Perezida Paul Kagame muri Koreya y’Epfo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Amafoto meza yaranze urugendo rwa Perezida Paul Kagame muri Koreya y’Epfo
Utuntu n'utundi

Amafoto meza yaranze urugendo rwa Perezida Paul Kagame muri Koreya y’Epfo

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/06/05 at 6:47 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Kuva  mu gitondo cyo  ku wa 2 Kamena 2024 nibwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye uruzinduko rw’akazi muri Koreya y’Epfo, aho yahuriye n’abandi bakuru b’ibihugu byo muri Afurika mu nama yabo na Perezida Yoon Suk Yeol.

 

Bucyeye  bwaho  Umukuru w’Igihugu yakiriwe na Perezida Yeol kuri uyu wa 3 Kamena, baganira ku bufatanye busanzwe hagati y’u Rwanda na Koreya y’Epfo ndetse banasangira ifunguro hamwe n’abandi bakuru b’ibihugu byo muri Afurika bitabiriye iyi nama.

 

Perezida Kagame kandi yagiranye ibiganiro n’ umuvugabutumwa ukomeye ukomoka muri Koreya y’Epfo, Rev Billy Jang Hwan Kim

Iruhande rw’iyi nama, Perezida Kagame yaganiriye n’abayobozi baturutse muri Afurika barimo Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique na Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe. Bose hamwe uko bahuriye i Seoul, bafashe ifoto y’urwibutso na Perezida Yeol.

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro byatangaje ko Abakuru b’Ibihugu byombi, bagiranye ibiganiro bitandukanye bigamije gushimangira umubano w’ibihugu byombi no kugirana imikoranire mu nzego zitandukanye.

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Nsanzabera Jean Paul June 5, 2024 June 5, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Ikigo Bilt Llc cya Steve Harvey cyasinye amasezerano y’imikoranire na RDB

December 16, 2024
Imikino

Rwanda Premier League yahembye abakinnyi bitwaye neza.

January 17, 2024
Andi makuru

Perezida Zelensky yahishuye ko nta matora azaba igihugu cyiri mu ntambara

November 20, 2024
Imyidagaduro

Zeo Trap na True Promises bagiye gutangiza gahunda yo gutaramira abakunzi ba GenZ Comedy Show .

November 12, 2024
Andi makuru

#Kwibuka31:Minisitiri Bizimana yahishuye ko iyo abakoloni bataza mu Rwanda nta Jenoside yari kubaho

April 6, 2025
Utuntu n'utundi

Perezida Lazarus Chakwera yemeje urupfu rwa Visi Perezida Saulos Chilima

June 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?