SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bwiza na Danny Vumbi bahuje Imbaraga basubiramo indirimbo Ni dange yabiciye mu myaka yashize (Video )
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bwiza na Danny Vumbi bahuje Imbaraga basubiramo indirimbo Ni dange yabiciye mu myaka yashize (Video )
Imyidagaduro

Bwiza na Danny Vumbi bahuje Imbaraga basubiramo indirimbo Ni dange yabiciye mu myaka yashize (Video )

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/05/22 at 3:24 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Nyuma y’imyaka myinshi ishize indirimbo ni Danger yakunzwe na benshi cyane hano mu Rwanda  mu myaka ya  2018 kuzamura  kubera amagambo  akuzwe gukoreshwa n’urubyiruko rwo muri iyi myaka . Umuhanzikazi  Bwiza ubarizwa muri Kikac Music  yahuje imbaraga na musaza  nawe ufite uburambe mu muziki Danny Vumbi bayisubiranamo ariko yinganjemo andi magambo atangaje agezweho .ubu

Ubusanzwe  indirimbo ni Danger  yagiye hanze bwa mbere  mu mwaka wa 2014 ikozwe na  Danny  aho yavugaga  ku nkuru  isekeje cyane  kandi itangaje cyane aho umusore  yagize gusaba umugeni   aherekejwe n’urugano bangana  kandi rufite imvugo ihabanye cyane  niyo  mu muco wa Kinyarwanda bigatuma habaho ukumvikana guke hagati y’imiryango yombi bikarangira umugeni bamubuze kubera za mvugo z’abubu  benshi bavuga ko nta  ndangagaciro izirimo.

Iyi ndirimbo Ni  Danger  Remix  kugira  ngo  bayisubiremo  ni igitekerezo cyazanywe n’umuhanzikazi  Bwiza ufata  Danny Vumbi  nka  Musaza kuko we akiri  mu kuzamuka mu gihe undi amaze imyaka igera  muri 20  mu muziki ,aho yifuje ko mukuyisubiramo nawe  yazongeramo andi magambo atangaje asigaye akoreshwa n’urubyiruko rw’ubwu  nk ‘imbogege,” “yahuzo,” “umu-Gee,Ngenyero n’ayandi menshi  cyane akunzwe n’abubu .

Mu bindi  byatumye Bwiza  yifuza  gusubiranamo  indirimbo Ni Danger  na  Danny Vumbi  nuko yabyirutse ayumva  ikindi akaba ari  uko  yamubaye hafi  mu mu gihe  kitari kinini amaze mu rugendo rwa Muzika aho  yagiye amugirana inama ndetse akanamufasha mu kwandika zimwe mu ndirimbo ze .

Danny Vumbi yatangaje  ko  Ni Danger ari indirimbo ifite byinshi isobanura  mu buzima bwe ,Ikindi ni uko umuntu wese  wakurikiranye  umuziki nyarwanda kuva  mu myaka 20 ashobora guhita amenya  uwo ndiwe mu muziki nyarwanda ,Kuko  yamufunguriye amarembo hano hanze  ndetse  no mu bucuruzi bwa muzika muri rusange.

Yavuze kandi  ko  kuba yarahisemo  gusubiranamo iyi ndirimbo Ni Danger  ni uko akiri umuhanzi muto kandi ufite  ejo heza ndetse  unakunzwe cyane  n’urubyiruko muri  iyi  minsi  bikaba bizamwongerera  ingufu  zo gukomeza gukora cyane .

Iyi  ndirimbo  Ni Danger Remix yakozwe na Prince Kiiz naho amashusho atunganywa na Fayzo Pro

 

 

 

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul May 22, 2024 May 22, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Imibiri 10 y’abana barohamye muri Nyabarongo yabonetse

July 19, 2023
Imyidagaduro

Sean Kingston n’umubyeyi we Janice Turner bashobora kwisanga mu buroko

March 30, 2025
Iyobokamana

Abagize Alarm Ministries bishimiye isabukuru y’imyaka 25 bamaze mu ivugabutumwa

August 4, 2024
Imyidagaduro

Itsinda ‘Tag Team’ ritegerejwe muri ‘Kigali Auto Show’ ryageze i Kigali

August 3, 2024
Andi makuru

Perezida Macky Sall yashimiye Bassirou Diomaye Faye ushobora kumusimbura ku butegetsi

March 26, 2024
Imikino

APR BBC yatsinze umukino wa kabiri muri BAL

May 8, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?