SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Dr Alfred Paul Jahn wamamaye nka Mon ami yasabye abatuye ku Rwesero kuzamushyingura hafi yabo niyitaba Imana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Dr Alfred Paul Jahn wamamaye nka Mon ami yasabye abatuye ku Rwesero kuzamushyingura hafi yabo niyitaba Imana
Andi makuru

Dr Alfred Paul Jahn wamamaye nka Mon ami yasabye abatuye ku Rwesero kuzamushyingura hafi yabo niyitaba Imana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/05/18 at 6:02 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Umuganga  w’Umudage  Dr. Alfred Paul Jahn   wamamaye  nka Mon Ani hano  mu Rwanda kubera ibikorwa by’ubugiraneza yagiye akora mu bihe bitandukanye  harimo nko gufasha bana bo ku muhanda mu bice byinshi  byo mu Rwanda gusubura mu buzima busanze yasabye  abaturage  bo ku Rwesero  ko bazamushyingura hafi yabo  igihe  azaba yitabye  Imana .

Ibi uyu  musaza  uzwiho kugira neza  yabitangaje  ku wa  17 Gicurasi 2023  ubwo yari yasuye  abatuye ku Rwesero  hamwe n’abagize  umuryango w’ubugiraneza yashize witwa Alfred  Foundation uhagarariwe n’umwe mu mfura zawi uzwi nka  Fidele  Uwimana .

Nkuko bisanzwe uyu  mugabo  ubona ko amaze kugera mu zabukuru muri urwo rugendo rwe rudasanzwe yari agiye gushyikiriza abaturage bo muri Rweseo  inkunga yiganjemo  ibyo kurya ,ibikoresho by’isuku  ndetse  n’inkweto za sioro zagene abana ba banyeshuri batifashije .

Mu butumwa  Dr. Alfred Paul Jahn  yageneye abaturage ba Rwesero  yageneye abari bitabiriye uwo muhango bwatanzwe na  Uwimana Fidele  umuyobozi wa Alfred  Foundation wari urangaje imbere ikipe nini  yari yamuhereje  yagize ati ” Yambwiye ngo mbabwire ko abakunda  cyane kandi yiuza ko igihe yazaba atakiri  mu uzima ukundi yazashyingura hano hafi yanyu ,kandi ko icyo cyifuzo cye  yamaze kukigeza ku buyobozi .

Fidele yakomeje avuga ko  Dr  Jahn  yamusabye kubabwira ko  umunsi  wo kumushyingura abantu bose bazahaza batazazana indabo  kuko ari iugupfusha ubusa  amafaranga ahubwo ko ayo  mafaranga  bazayakoresha mu bindi bikorwa  bibafitiye akamaro  nko kugura ibibatunga  mu buzima bwa buri munsi .

Bamwemu baturage batuye mu ako kagali ka Rwesero  mu murenge wa Kigali  badutangarije  ko  icyifuzo cya cya Dr. Paul Jahn ariko bagaragaza ko  batifuza  kumuvura hakiri kare ahubwo basaba ko  Imana yamurinda kandi ikamuha  gukomeza kuramba ariko nanone  ku bushake bw’Imana niyitaba Imana bazamushyingura hafi  yabo nkuko yabisabye  nk’umubyeyi  wabanye nabo  ibihe bitandukanye bari bamukeneye .

Abayobozi  b’Inzego zibanze bari bitabiriye uwo muhango bashimiye   Dr. Paul Jahn ku bikorwa bye by’ubugiraneza bwe   bagize  bati  “Duha agaciro uruhare rwa Dr. Paul Jahn. Yasabye amazu ku baturage bahuye n’ibiza, atanga imyenda n’inkweto ku bana, kandi ahora atanga inkunga   z’ibiryo ku baturage  batuye  muri aka kagali ka Rwesero   biganjemo abari batuye mu bice  byashoboraga kwibasira  n’ibiza mu karere  ka Nyarugenge ahazwi nko mu manegeka .

 

 

 

 

 

 

You Might Also Like

Bisi zikoresha amashanyarazi zatangiye kugeragezwa gutwara abagenzi mu Ntara

Cardinal Robert ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatorewe kuba Papa Mushya afata izina rya Leon XIV

U Rwanda rwasinyanye amasezerano n’isosiyete E7 yo muri UAE

Aba-Cardinal binjiye mu munsi wa kabiri w’itora rya Papa

Eddie Mutwe ushinzwe umutekano wa Bobi Wine yagejejwe mu rukiko ashijwa ubujura

Nsanzabera Jean Paul May 18, 2024 May 18, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Togo : Faure Gnassingbé yarahiriye umwanya ushobora gutuma ayobora ubuzima bwe bwose

May 5, 2025
Andi makuru

USA yahakanye ubwenegihugu bwa Cpt Christian Malanga

May 23, 2024
Imyidagaduro

Nadia Umugore wa Riderman nyuma y’imyaka 9 barushinze yongeye kumutera imitoma ku isabukuru ye .

March 10, 2024
Imyidagaduro

Ruger utegerejwe na benshi yageze i kigali

December 27, 2024
Andi makuru

#Kwibuka31:Minisitiri Bizimana yahishuye ko iyo abakoloni bataza mu Rwanda nta Jenoside yari kubaho

April 6, 2025
Imyidagaduro

Riderman agiye gushyira hanze EP yise Umurwa w’ indwanyi azahuriramo na Fireman

April 28, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?