SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Justin Bierber n’umugore Hailey Baldwin bagiye kwibaruka imfura yabo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Justin Bierber n’umugore Hailey Baldwin bagiye kwibaruka imfura yabo
Imyidagaduro

Justin Bierber n’umugore Hailey Baldwin bagiye kwibaruka imfura yabo

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/05/15 at 12:09 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma y’igihe bivugwa ko mu rugo rwa Justin Bieber n’umugore we Hailey Baldwin batabanye neza, ubu bamaze gusezerana bwa Kabiri, ndetse banatangaza ko bagiye kwibaruka imfura yabo.

Kuva mu 2023 ni kenshi byagiye bitangazwa ko mu rugo rw’icyamamare Justin Bieber n’umugore we w’umunyamideli Hailey Baldwin ko batabanye neza, ndetse byanavugwaga ko baba bari mu nzira ya gatanya. Ibi birasa nkaho bitakibaye dore ko bagaragaje  ko batangiye iby’urukundo rwabo bundi bushya basezerana bwa Kabiri.

Gusezerana kubana akaramata bwa Kabiri bizwi nka ‘Vow’s Renewal’ mu ndimi z’amahanga bikaba bikorwa na ‘Couples’ ziyunze mu gihe zari zigiye gutandukana. Ibi rero nibyo Justin Bieber n’umugore we bakoze banasangiza amafoto yabo muri uyu muhango kuri Instagram.

Uretse kuba basezeranye bundi bushya, aba bombi banahise batangaza ko bitegura kwibaruka imfura yabo mu mafoto bashyize hanze yaberekanye bishimiye ko bagiye kuba ababyeyi nyuma yo gusezerana ku nshuro ya Kabiri. Aya makuru yishimiwe na benshi babifurije gukomeza kubana neza no kubaha impundu ku mwana bagiye kwibaruka mu bitekerezo (Comments) bigera kuri 443,465

Justin Bieber w’imyaka 30 n’umugore we Hailey Baldwin w’imyaka 27 bagiye kwibaruka imfura yabo nyuma y’imyaka itandatu ishize barushinze. Ibi bije bisa nk’igisubizo ku bafana b’uyu muhanzi bahoraga bamubaza igihe azabyarira.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul May 15, 2024 May 10, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

IGP Felix Namuhoranye yaburiye Abahinduye liquor stores zabo utubari

October 5, 2023
Andi makuru

Musanze: Inzu y’ubucuruzi yahiriyemo ibifite agaciro ka Miliyoni 15

May 27, 2025
Andi makuru

Maj Gen Joseph Nzabamwita yatanze ibyangombwa byo guhagararira u Rwanda mu Burusiya

April 23, 2025
Imyidagaduro

Young Grace yashyize hanze indi myambaro ya siporo yitiriye izina rye rya YG

March 20, 2025
Imikino

Sitting Volleyball: Ikipe z’Igihugu zatangiye imyiteguro.

January 17, 2024
Andi makuru

Perezida Lazarus Chakwela yakuyeho ingendo zo mu mahanga kubagize Guverinoma

November 16, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?