SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Miss Mutesi Aurore Kayibanda agiye gusezerana imbere imbere y’Imana n’umukunzi we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Miss Mutesi Aurore Kayibanda agiye gusezerana imbere imbere y’Imana n’umukunzi we
Imyidagaduro

Miss Mutesi Aurore Kayibanda agiye gusezerana imbere imbere y’Imana n’umukunzi we

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/04/30 at 6:06 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Nyampinga w’u Rwanda watowe mu 2012, Mutesi Aurore Kayibanda agiye gukorera ubukwe mu Rwanda na Gatera Jacques bari baherutse guzeranira imbere y’amategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Miss Aurore Kayibanda yamenyesheje inshuti ze ko ku wa 15 Kanama 2024 ari umunsi w’ubukwe bwe aho azasezerana imbere y’Imana akanakira abatumiwe.

Amakuru ahari ahamya ko ubukwe bwa Miss Kayibanda buzabanzirizwa n’umuhango wo gusaba no gukwa, icyakora uyu ukazitabirwa n’abatumiwe gusa bitewe n’impamvu bwite z’umuryango.

Kugeza ubu ntabwo Miss Kayibanda aratangaza ahazabera ibirori byo gusezerana imbere y’Imana ndetse n’aho azakirira abashyitsi be yirinze kuhatangaza, abatumiwe bakazahamenyeshwa mu butumire buzasohoka mu minsi iri imbere.

Mu ntangiriro za 2023 nibwo Miss Aurore Kayibanda yambitswe impeta n’uyu mugabo bitegura kurushinga, aba bakaba barasezeranye imbere y’amategeko muri Gashyantare 2024 mu muhango wabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 30, 2024 April 30, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Antoinnette Rehema yashyize hanze indirimbo nshya yise ibinezaneza

January 20, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame azitabira inama ya Inclusive Fintech 2025 Forum izabera I kigali

February 19, 2025
Andi makuru

Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rudakwiye kubazwa ibya M23

April 8, 2024
Andi makuru

Umubiri w’umunyamakuru HJean Lambert Gatare wagejejwe i Kigali

March 24, 2025
Imyidagaduro

Abanyarwenya Doctall Kingsley, Josh2Funny na Phronesis MCA Tricky Sundiata basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

October 29, 2023
Imyidagaduro

Igitaramo cya Lady Gaga Muri Brazil cyaciye agahigo ko kwitabirwa n’abantu benshi kw’Isi

May 5, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?