SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: #Kwibuka30 : Isimbi Model yagaragaje agahinda aterwa na se wishwe mu Jenoside atabonye aho umukobwa we ageze
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > #Kwibuka30 : Isimbi Model yagaragaje agahinda aterwa na se wishwe mu Jenoside atabonye aho umukobwa we ageze
Imyidagaduro

#Kwibuka30 : Isimbi Model yagaragaje agahinda aterwa na se wishwe mu Jenoside atabonye aho umukobwa we ageze

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/04/13 at 7:04 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umunayamideli akaba  n’umwe mu badamu babashabitsi bazwi hano  mu Rwanda  muri  iki gihe abanyarwanda ndetse n’isi yose bari mu cyunamo cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Jenoside yo muri 1994 yagaragaje agahinda aterwa  na  se wishwe muri Jenoside  atabonye  aho umukobwa bwe ageze nyuma y’imyaka 30  yiyubatse .

Uyu  mubyeyi  ufite umugabo umwe n’umwana umwe w’umuhungu  abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yagaragaje agahinda aterwa n’urupfu rw’umubyeyi we .

Ni mu butumwa buri mu magambo y’icyongereza ariko mu Kinyarwanda ugenekereje  ni ubutumwa  bwuje agahinda yagize ati ” Rimwe na rimwe nibaza niba umbonye aho hejuru uri hari byinshi mba nifuza kuba nakubwira ariko ni byiza Papa  ubu  umwana wawe  w’umukobwa  n’indwanyi nkwifurije kumbona nonaha  ntakiri umukobwa mutoya uzi ,Papa ubu ndi umugore  ,ufite ufite umwuzukuru w’umuhungu ndetse n’umukwe warikuzamukunda  rwose  wari kuzamukunda

Gusa buri munsi ndagukumbura  wagiye ukiri muto kandi hakiri kare  ariko  ngusezeranyije ko utazigera wibagirana  icyivi cyawe  Nzacyusa

Ngaho urabeho  unsuhurize Mama  na Nyogokuru ,Sogokuru ba Masenge ndetse n’basaza banjye bato kandi ndizera ko igihe kimwe tuzongera guhura kandi nzakomeza izina ryawe n’amaraso yawe

Uyu  mubyeyi kandi  yaboneyeho kwihanganisha abanyarwanda bose  muri ibi bihe bikomeye   twibuka abatutsi barenga miliyoni  bishwe mu gihe cy’iminsi ijana  gusa bazira uko bavutse , anasaba  urubyiruko guhaguruka rukarwanya buri wese ushaka kurushora mu ngengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi kuko uyu ariwo mwanya mwiza  wo  kwibuka kandi  Twiyubaka.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 13, 2024 April 9, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Padiri Ntagungira yagizwe Umwepiskopi wa Diyosezi ya Butare

August 12, 2024
Imyidagaduro

Bwiza yahishuye ikizatuma amurikira alubumu ye 25 shades mu bubiligi

January 17, 2025
Imyidagaduro

Fally Merci yashimiwe n’abanyarwenya bakomeye muri Uganda atungurwa n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

March 28, 2025
Imyidagaduro

Tyga na Avril Lavigne batandukanye nyuma y’amezi ane mu munyenga w’urukundo

June 21, 2023
Andi makuru

Perezida wa Madagascar yishimiye intsinzi ya Kagame

July 17, 2024
Utuntu n'utundi

Apôtre Yongwe yajuririye mu rukiko rwisumbuye

November 7, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?