SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Anita Pendo yakiriwe na Ambasaderi Rosemary Mbabazi muri Ghana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Anita Pendo yakiriwe na Ambasaderi Rosemary Mbabazi muri Ghana
Andi makuruImyidagaduro

Anita Pendo yakiriwe na Ambasaderi Rosemary Mbabazi muri Ghana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/29 at 5:21 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umunyamakuru Anita Pendo uri mu bahataniye ibihembo bya ‘Ladies in Media Awards 2023’ bitangirwa muri Ghana, yagezeyo ahabwa ikaze na Ambasaderi w’ u Rwanda, Rosemary Mbabazi.

Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Anita Pendo wamaze kugera mu mujyi wa Accra yavuze ko yishimiye kwakirwa na Ambasaderi w’u Rwanda wamuhaye ikaze.

Ati “Ni ibintu bishimishije kwakirwa na Ambasaderi, yambwiye ko yishimiye iyi ntambwe ahamya ko bandi hafi nk’ubuyobozi bwa Ambasade y’u Rwanda muri Ghana.”

Binyuze ku rubuga rwa Instagram, umuryango Ladies in Media Organization ukorera muri Ghana, uherutse gutangaza Anita Pendo nk’umwe mu bagore bahatanye mu bihembo utegura bya ‘Ladies in Media’ bizatangwa ku wa 30 Werurwe 2024.

Anita Pendo uhatanye muri ibi bihembo bigiye gutangwa ku nshuro ya kabiri, yatangaje ko yiteguye kuzana iki gihembo mu Rwanda, agahigika abagore baturuka mu bihugu birimo Zimbabwe, Afurika y’Epfo, Ghana n’ahandi.

Anita Pendo ahatanye mu cyiciro cya ‘African Female Entertainment Show Host of the Year’ n’abarimo Delay [Ghana], Jacinta Ngobese [Afurika y’Epfo], Vanessa Marawa [Afurika y’Epfo], Azeeza Hashim [Kenya], Matela [Afurika y’Epfo], Violet Gwara [Zimbabwe], Rita Isaaka [Ghana], n’abandi.

Ladies in Media Awards ni ibihembo byatangijwe n’umuryango Ladies in Media Organization mu 2022, mu rwego rwo kuzirikana uruhare rw’abagore n’abakobwa bari mu itangazamakuru ryo muri Afurika.

 

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

Nsanzabera Jean Paul March 29, 2024 March 29, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Danny Vumbi yahishuye igituma atava mu muziki kugeza ubu

August 20, 2024
Imyidagaduro

Bwiza na Danny Vumbi bahuje Imbaraga basubiramo indirimbo Ni dange yabiciye mu myaka yashize (Video )

May 22, 2024
Imikino

Barack Obama wayoboye Amerika yatewe agahind n’urupfu rwa Pele

December 30, 2022
Imyidagaduro

Shakib Cham umugabo wa Zari arashinjwa kudatanga indezo ku mwana be

February 2, 2024
Imikino

Umunyezamu w’amavubi Ntwari Fiacre ashobora gusezererwa muri Kaizer Chiefs

March 27, 2025
Andi makuru

Nigeria : Umubyeyi n’abana be babiri basanzwe bapfiriye mu iduka

May 30, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?